Umuturage wo mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge witwa Nkundwanabake Cedrick amaze gukorana n’urubyiruko rw’aho atuye bakura mu ruzi rwa Nyabarongo imyanda ya pulasitiki ipima toni 20. Yabw...
Mu gihe cy’iminsi 15, Ikigo cy’igihugu kibungabunga ibidukikije, REMA, kimaze gusuzuma ubuziranenge bw’ibyuka biva mu binyabiziga 1000 kandi uwo murimo urakomeje. Intego ni ugukangurira abantu g...
Tariki 25, Kanama, 2025 niyo tariki yemejwe na REMA ko buri kinyabiziga cyo mu Rwanda kigomba gutangira kujya gusuzumisha ubuziranenge bw’ibyuka gisohora. Itangazo REMA yashyize kuri X rivuga ko ibiny...
Juliet Kabera uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, avuga ko ubwiyongere bw’ibinyabiziga byo mu Rwanda bwatumye ikirere cyarwo gihumana byikube gatanu kurenza ibipimo byagenw...
REMA yatangaje ko imirimo yo gutunganya ibishanga bitanu byo mu Mujyi wa Kigali bigahindurwa ahantu nyaburanga igiye gutangira muri Gashyantare, 2024. Ni ibikorwa byateguriwe ingengo y’imari ya miliyo...
Ikigo nyafurika kigisha imibare na siyansi( AIMS-Rwanda) ku bufatanye n’ikigo cy’Abongereza gishinzwe ibarurishamibare, REMA, RBC na MINEMA, bagiye gutangira gusuzuma ingaruka imihindagurikire y’ikire...
Leta y’u Rwanda ifatanyije n’abo ikorana nabo kuri uyu wa 08, Kanama, 2022 izataha ku mugaragaro icyanya cya Nyandungu kizafasha abashaka kuruhuka mu mutwe no kwishimira ibidukikije. Cyatunganyijwe mu...
Umukozi w’Akarere ka Kicukiro ushinzwe itumanaho yagiye muri rumwe mu nganda z’Abashinwa rukora imodoka z’amashanyarazi n’ibindi binyabiziga, kuhinjira biramugora. Igitangaje ni uko ngo batari bazi ko...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rufatanyije na Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatatu bemennye ikinyobwa gisindisha ariko kiri mu bisindisha bikomeye kitwa Ethanol. Igikorwa cyo ku...








