Nyuma y’uko abayobozi b’Uburundi batangaje ko gerenade zimaze iminsi ziterwa muri Bujumbura zigirwamo uruhare n’abantu bahorejwe n’u Rwanda, Guverinoma yarwo yasohoye itangazo ribihakana. Ni itangazo ...
Abakora muri Sosiyete sivile bagize League Iteka bavuga ko Guverinoma y’Uburundi itangaza imibare mike y’abahitanwa n’ibitero by’umutwe RED Tabara mu rwego rwo kwirinda kuzaha benshi indishyi z’akabab...
Itangazamakuru ryo mu Burundi ryasohoye amafoto y’imodoka zaraye zitwitswe n’ibisasu by’inyeshyamba za RED Tabara. Iki gitero cyaraye kigabwe ahitwa Gihanga mu Ntara ya Bubanza. Aho mafoto yasohowe na...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yatangarije kuri X ko ibyo Perezida Evariste Ndayishimiye yaraye atangaje by’uko u Rwanda rufasha RED Tabara ari ikinyoma. Makolo yasabye u Burundi gu...



