Urwego rw’igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze, REB, ruvuga ko Leta y’u Rwanda yashyizeho uburyo bwo guhugura abana bazatsindwa ibizamini by’amashuri abanza basanzwe biga mu kiciro cyayo cya mbere bita...
Urwego rw’Igihugu rw’Uburezi, REB, rwatangaje igitabo cyandikiwe kwigisha urubyiruko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Byemewe ko gishyirwa mu mashuri yose kugira ngo gifashe abarimu kubona ibisu...
Abana bo mu mashuri yisumbuye atandukanye bari gutegurwa ngo bazavemo abayobozi bazi gufata ibyemezo neza kugira ngo bazigirire akamaro kandi bazavemo abayobozi beza b’ejo hazaza. Abanyeshuri basaga i...
Guverinoma y’u Rwanda irateganya gutangiza amasomo yo gukora robo. Byaraye bitangajwe n’umuyobozi mu Kigo cy’igihugu cy’uburezi bw’ibanze Rwanda Basic Education Board (REB) witwa Diane Uwasenga Sengat...
Mu rwego rwo gufasha Leta y’u Rwanda mu muhati wayo wo kubakira ubushobozi abarimu n’abanyeshuri biga siyansi, Kaminuza Nyafurika y’imibare na siyansi, African Institute of Mathematical Sciences...
Abayobozi b’ibigo bishamikiye kuri Minisiteri y’uburezi ari bwo REB na NESA batangiriye mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga bagenzura niba abarimu bigisha uko bikwiye ndetse niba n’abana bitabir...
Hashize imyaka mike Ikigo cy’igihugu cy’uburezi gitangaje ko iyo urebye ibitabo bigenewe abana b’u Rwanda ariko byacapiwe hanze usangamo amakosa menshi y’imyandikire. Iki kigo cyavuze ko biri mu...
*Bamwe bashora Leta mu manza igatsindwa, abandi bagakoresha amafaranga yayo mu byo atagenewe… Ibihano abakozi ba Leta y’u Rwanda bahabwa kandi bidakurikije amategeko bituma bayirega igatsinda imanza b...
Mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi nk’imwe mu nkingi z’iterambere rirambye, Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kubaka ibyumba by’amashuri mu rwego rwo kugabanya ubucucike. Icyakora ibyumba 847 n...
Ubuyobozi bwa Basketball Africa League bwageneye Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda, MINEDUC, mudasobwa 150, zo gufasha abarimu guha ubumenyi bugezweho abo bigisha. Uyu muhango wabaye kuri iki Cyumweru ub...









