RDF yasohoye itangazo kuri uyu wa 24, Nzeri, 2025 rivuga ko hari umusirikare w’u Rwanda wayobye ajya mu Burundi, atabigambiriye. Iryo tangazo rigira riti: “Uyu munsi, ku wa 24 Nzeri 2025, ...
Ku rubuga rwa X/Twitter rw’ingabo z’u Rwanda hatangarijwe ko hari indege yazo itwarwa n’abapilote batayicayeno bita drone yakoreye impanuka i Rutsiro. Ikirere kibi nicyo cyatumye ita...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga yabwiye itsinda ry’ingabo za Sri Lanka ziri mu rugendoshuri mu Rwanda ko RDF yakoze byinshi mu gutuma u Rwanda rutera intambwe ...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yatashye umuyoboro wubatswe mu Murenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza uzaba amazi ingo 3,000 . Ni igikorwa ngarukamwaka ingabo z’u Rwanda na ...
Nanzagahigo na Sindikubwabo ni bamwe mu babyeyi n’abarezi bashima ko ingabo z’u Rwanda na Polisi bubakiye abana amarerero kugira ngo babone aho bakura uburezi bw’ibanze buri ncuke ikenera. Ubutumwa bw...
Imibare itangwa n’inzego z’umutekano ni ukuvuga Rwanda Defence Force na Rwanda National Police ivuga ko mu gihe abazikorera bagiye kumara baha serivisi z’ubuvuzi abatuye Rulindo, bazavura abantu 10,00...
Juvénal Marizamunda uyobora Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda n’itsinda ayoboye bari mu bwami bwa Maroc mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Ku munsi warwo wa mbere hasinywe amasezerano y’ubufatanye hagati ya K...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko abasirikare batatu bari mu butumwa bwo kurwanya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado biciwe mu gico batezwe, abandi batandatu barakomereka. Icyo gic...
Colonel Raoul Bazatoha uhagarariye inyungu za gisirikare z’u Rwanda muri Ambasade yarwo i Washington yaraye yitabiriye igikorwa cyo guha impamyabumenyi abasirikare bane b’Abanyarwandakazi barangije am...
Imitima y’abayobozi bakuru mu Burundi irahagaze. Ibi ahanini biterwa n’ubwoba bushingiye ku makuru bavuga ko ashingiye ku makuru y’uko u Rwanda rushaka kubatera. Perezida Evariste Nd...









