Ibiro bikuru by’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, byimukiye mu nzu nshya iherutse kuzura hafi neza neza y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ku Kimihurura. Iki kigo kizakorera mu magorofa atandatu...
Mu rwego rwo kuzamura urwego rw’imibereho y’abatuye ibyanya bikomye, Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, cyageneye abaturiye Pariki ya Gishwati Mukura miliyoni Frw 490. Intego ni uko ayo mafar...
Mu Ijambo Ambasaderi w’u Rwanda mu Bushinwa James Kimonyo yagejeje ku bitabiriye Inama mpuzamahanga y’uburyo u Bushinwa bukorana n’inshuti zabwo ubucuruzi bukoresha ikoranabuhanga, yavuze ko u Rwanda ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, kirashaka ko hatorwa itegeko rigiha ubuzima gatozi, kikareka kuba ikigo kigenwa na Minisiteri y’Intebe. Ibi bizagiha ububasha bwo gutoranya no gushyiraho ab...
Mu gihe kitaratangazwa arko cya vuba, mu mujyi wa Kigali hazatangira gukoreshwa bisi zikoresha amashanyarazi. Ni mu rwego rwo kurushaho kurengera ibidukikije ariko n’ikibazo cya bisi nke zitwara abage...
Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere Clare Akamanzi yashimye ko imikoranire y’u Rwanda n’Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Afurika, BAL, yongerewe igihe cy’imyaka itanu. Ya...
Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda witwa Hudson avuga ko abashoramari b’u Rwanda bataraha Ubushinwa ibyo bubakeneyeho ku kigero bwifuza kandi bwo bwiteguye kwishyura. RDB...
U Rwanda rwasinyanye na Paris Saint Germain andi masezerano y’imikoranire yo kwamamaza ibyiza byarwo mu mahanga binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda. Ni gahunda izarangira mu mwaka wa 2025. Ni ubufata...
Raporo ngarukamwaka y’ikigo cy’igihugu cyiterambere, RDB, ivuga ko mu mwaka wa 2022/2023, amadovize u Rwanda rwakuye mu bukerarugendo yiyongereye ku gipimo cya 171.3%. Mu mwaka wa 2021, ubukerarugend...
Ikigo cyo muri Qatar kitwa Kasada kiri hafi gutangira imirimo yo kuvugurura icyahoze ari Hotel Umubano Meridien ikagirwa imwe muri Hotel zikomeye mu Rwanda no mu Karere u Rwanda ruherereyemo. Izaba if...









