Mu Rwanda hagiye gutangizwa gahunda yiswe Rwanda Soil Information System (RwaSIS) izafasha abahinzi b’ibirayi kuzamura umusaruro ku kigero cya 20% mu myaka mike iri imbere. Ni gahunda izakoresha ikor...
Kubera impamvu zitatangajwe, Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, cyanzuye ko abana 22 b’ingagi batakiswe amazina ku italiki 18, Ukwakira, 2024 nk’uko byari biherutse gutangazwa. Itangazo ry’ik...
Raporo ngarukamwaka y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ivuga ko mu mwaka wa 2023 kuri byinshi iki kigo cyagezeho, harimo no kwandika ishoramari ryakorewe mu Rwanda rifite agaciro ka miliyari $2.4...
Clare Akamanzi wamaze igihe kinini ayobora RDB akaba ari umuyobozi wa NBA Africa yaraye ahawe igihembo kitwa Forbes Africa Investment Catalyst Award akaba yagiherewe muri Afurika y’Epfo. Akamanzi ni u...
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, cyahaye rugari uwo ari we wese ufite igitekerezo kidasanzwe abona ko cyavamo ishoramari kugitanga kikigwaho. Ni muri gahunda yiswe Call For Project Ideas. Iyi gahu...
Ni umushinga RDB iherutse kwiyemeza gukorana na Zipline Rwanda, ukazafasha mu kugeza ibicuruzwa bya Made in Rwanda ku bakiliya bazaba bari mu mahoteli yo muri za Pariki zitandukanye. Amakuru Taarifa i...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta ari kumwe n’Umuyobozi wungirije wa RDB bari baganiriye n’abayobozi bo muri Libya ngo barebe uko u Rwanda rwakorana n’iki gihugu. Libya ni igihugu gi...
Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ubucuruzi John Humphrey avuga ko Leta ya London ishaka ko u Rwanda ruhinduka irembo ribuhuza n’Afurika kandi Abanyafurika nabo bakabona uko bakorana nabwo ...
Itsinda ry’abashoramari b’u Rwanda riyobowe na Francis Gatare uyobora RDB riri i Libreville muri Gabon kuganira n’ubuyobozi bw’iki gihugu aho bubona Abanyarwanda bafasha mu ishoramari. Ni uruzinduko r...
Mu mpera za Mutarama, 2024, i Kigali hazateranira Inama Mpuzamahanga izahuza abanyemari b’Abanyarwanda n’Abongereza bigire hamwe uko ishoramari hagati ya Kigali na London ryakongerwamo imbaraga. Ni in...









