Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko ibibazo biterwa n’icyorezo cya COVID-19 byiyongereye ku ihungabana Abanyarwanda bakomora ku mateka ya Jenoside yakor...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko igiciro cyo kwipimisha Covid-19 hakoreshejwe igipimo gitanga ibisubizo mu buryo bwihuse kigiye kujya cyishyurwa 5000 Frw, mu gihe gisanzwe k...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashikirije Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) imashini eshanu za X-ray zifite agaciro ka miliyoni 220 Frw, zizafasha mu kongera ubushobozi bwo gupima no kuvura abar...
Mu gihe hasigaye igihe gito ngo ‘gahunda ya Guma mu Rugo ya gatatu irangire’, kuri uyu wa Gatanu no ku wa Gatandatu( hagati y’itariki ya 23 na 24, Nyakanga, 2021), abaturage barafatwa ibipimo bya COVI...
Taarifa yabajije Dr Aimable Mbituyumuremyi ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Malaria mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima aho ubwandu bwayo buhagaze mu Rwanda avuga ko Malaria igihari kandi ifata benshi. Avuga ...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda zimaze iminsi zipima ubwandu bwa COVID-19 harebwa niba nta coronavirus yihinduranyije irimo gukwirakwira mu baturage, gusa ntakiremeza ko ihari nk’uko ibipimo by’ibanze bibi...
Hoteli 13 na resitora 40 zimaze kujya ku rutonde rw’izigomba kwakira gusa abantu bipimishije COVID-19 bagasanga ari bazima, nk’uko bigaragazwa n’amabwiriza mashya ya Minisiteri y’Ubuzima n’Urwego rush...
Nyuma y’uko hari abatuye Umujyi wa Kigali benshi batangaza ko barwaye cyangwa barwaje ibicurane ndetse bamwe bakabyandika kuri Twitter, Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima kirabagira inama yo kwisuzumisha bak...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko ubwandu bwa malaria ku mwaka bukomeje kugabanyuka kimwe n’imibare y’abahitanwa nayo, ku buryo mu mwaka ushize wa 2020 abazize iyo ndwara bari 148, bavuy...
Ni umubare uri hejuru kuko bivuze ko mu Banyarwanda batanu, umwe aba afite ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe. Ubu bushakashatsi bwaraye butangajwe n’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima, RBC, mu ishami...









