Amaraso nirwo rugingo izindi zikenera kugira ngo zigerweho n’intungamubiri zikeneye kugira ngo zikore kandi zikure. Ku rundi ruhande ariko, amaraso ubwayo ni urugingo rushobora no kurwara. Muzumva cya...
Mu Karere ka Nyaruguru hari ikibazo cy’uko hari abana barwaye bwaki kubera imirire nkene kandi ababyeyi babo ari abakozi ba Leta. Abakozi b’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, baherutse kubivugaho nyuma...
Dr Thierry B.Murangira avuga ko mu gihe kingana n’umwaka, ni ukuvuga guhera muri Nyakanga, 2020 kugeza muri Kamena, 2021, Abanyarwanda 285 biyahuye. Ubusanzwe kwiyahura ni ikibazo gishobora kugera ku ...
Amaraso ni urugingo rw’ingenzi rutuma n’izindi ngingo zigerwaho n’ibizitunga. Iyo umuntu akomeretse agatakaza amaraso menshi cyangwa umubyeyi uri kubyara bamubaze akagira ayo atakaza, akenera ko bamut...
Leta y’u Rwanda n’iy’u Buyapani biherutse gutangira imikoranire mishya ishingiye k’ikoranabuhanga u Buyapani bwahaye abaganga bo mu Rwanda bwo kuzabafasha guhanahana amakuru ku barwayi n’uburyo bugezw...
Umwe mu bayobozi mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima ushinzwe Ishami ryo kurwanya igituntu, Dr Patrick Migambi avuga ko imibare yatanzwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare , NISR, yerekana ko 60% by’A...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amasezerano Polisi y’u Rwanda yagiranye n’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima mu mwaka wa 2017, abapolisi bakorera ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda batanze amaraso yo k...
Inama y’abaminisitiri yagize Prof. Claude Mambo Muvunyi Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC), asimbuye Dr Nsanzimana Sabin uheruka guhagarikwa kubera ibyo agomba kuba...
Mu gihe Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gukingira COVID-19, imbaraga zerekejwe ahantu hahurira abantu benshi nko muri za gare zitegerwamo imodoka no mu mashuri, kugira ngo hatagira ucikanwa. Ikigo cy’Ig...
Gahunda yo gukingira COVID-19 mu Rwanda yafashe indi ntera, aho kuri uyu wa Mbere Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyatangaje ko inkingo zisaga miliyoni 1 zoherejwe mu turere 12, zikazahabwa a...









