Ubuyobozi bwa RBC butangaza ko mu myaka irindwi ishize, malaria yagabanutse ku kigero cya 90%. Ni umusaruro wavuye ku bukangurambaga bwo kuyivuza hakiri kare no kwegereza abaturage uburyo bwo kwivuza ...
Abaturiye Ishuri ryisumbuye rya ES Gahunga T.S.S ADEPR riri mu Murenge wa Gahunga, Akarere ka Burera, basaba inzego guhagurukira ikibazo cy’amazi yanduye ava muri iki kigo akaza anuka kandi akareka...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, kivuga ko Abanyarwanda 41% barwaye inzoka zo mu nda n’izindi ndwara zititaweho. Abantu bakuru nibo bugarijwe cyane kuko muri abo tuvuze haruguru, abagera kuri ...
Imani Basomingera uyobora Ikigo nderabuzima cya Murindi mu Murenge wa Nasho mu Karere ka Kirehe avuga ko abagombora abarumwe n’inzoka bagabanutse kandi bashishikarizwa kuzana abantu kwa muganga....
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije na UNICEF n’abandi bafatanyabikorwa mu mibereho myiza y’abana, igiye gutangiza ‘mutuelle’ yo kwishyurira abana bafite ubumuga bwo kutumva neza utwuma tubibafashamo. Dr...
Mu myaka mike ishize, Polisi y’u Rwanda yasinyanye n’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima amasezerano yo gutanga amaraso. Muri uyu mujyo, kuri uyu wa Gatandatu taliki 29, Mata, 2023 abapolisi 200 batanze amara...
Bisa n’aho ku isi nta handi hantu hahura n’ibibazo kurusha ahitwa Munsi Y’Ubutayu bwa Sahara. Uretse intambara, inzara, ubutayu n’ibindi bibazo, muri iki gice cy’isi niho hari abanduye SIDA benshi kuk...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo ruvuga ko ubusambanyi budakingiye buhavugwa butizwa umurindi n’uko udukingirizo tuba kure yarwo. Hari n’abavuga ko inzoga iboshya. Bavuga ko ...
Dr.Jean Claude Semuto Ngabonziza ni Umyunyarwanda w’imyaka 40 y’amavuko. Aherutse kuvumbura ubwoko butari buzwi bw’agakoko gatera igituntu kandi avumbura n’uburyo bwo kukarwanya. Ni ibintu avuga ko bi...
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwarekuye by’agateganyo abakozi b’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, bakurikiranwagaho gutanga isoko rya miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda (Miliyari Fw 3)k’umukozi ...









