Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe rivuga ko 51.3% by’Abanyarwanda biyahura, ari urubyiruko. Ni abafite hagati y’imyaka 19 na 35 , muri bo 16.8% bari munsi y’imyaka 18 n&#...
Prof. Claude Mambo Muvunyi uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, yatangije k’umugaragaro ikigo Leta y’u Rwanda izafatanya n’Ishami ry’Umuryango w’’Abibumbye mu gutuma RBC iba icyitege...
Mu gihe byari bimaze iminsi byumvikana mu makipe akomeye muri shampiyona y’u Rwanda, iby’amarozi mu kibuga byavuzwe no mu mukino ihuza ibigo bya Leta y’u Rwanda. Urugero ni umukino waraye uhuje ikipe ...
Kuva aho COVID-19 yadukiye muri Afurika igasanga idafite inkingo zihagije, byahindutse ikibazo ku buryo hari abavuze ko kuba itazifite ari ikindi kimenyetso cy’ubusumbane busanzwe mu isi. Ubu rero ubu...
Abaturage bo mu Karere ka Gicumbi n’abo mu Murenge wa Kageyo by’umwihariko babwiwe ko guha agaciro umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe bibworoshya, bukaba bwanakira. Ni ubutumwa bahawe na Karangwa Fran...
Akarere ka Nyagatare niko ka mbere gafite abafite ubumuga benshi kurusha utundi mu Rwanda, abo bakabamo n’abafite ubwo mu mutwe. Ikibazo kiyongeraho ni uko hari n’urubyiruko rwinshi rwavutse rudafite ...
Abahagarariye abandi mu byiciro by’imibereho y’abatuye Nyamagabe bari guhugurwa ku miterere y’umubu utera malaria kugira ngo bamenye uko bazajya bawikiza ukiri muto. Ayo masomo agamije kum...
Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bamaze igihe baha abaturage inzitiramubu. Bamwe muri bo ni abanyeshuri biga baba mu bigo. Abo muri Saint Joseph i Kabgayi bavuga ko kurara neza mu nzitir...
Uwitonze Yvonne wo mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Mataba, Umurenge wa Rubengera avuga ko abajyanama b’ubuzima bagira uruhare rushimwa na benshi mu kuvura abana n’abandi bakunze kwandura Malaria. Uy...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe y’ubuzima RBC gishimira urwego ababyeyi bitabiraho gukingiza abana ariko kikabasaba kubyongeramo umurego. Imibare yerekana ko gukingira abana bikorwa neza hirya ...









