Minisitiri w’ibidukikije Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yatumijwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ngo ayihe ibisobanuro ku mikoreshereze y’ubutaka idafututse. Kudafutuka bishingiye ku bibazo bimaz...
Abahinga ibigori mu Karere ka Nyagatare bavuga ko bibabaje kuba uruganda rutunganya akawunga bari bakeneye kuva cyera rwaruzuye, ariko rukaba rugiye kumara imyaka ibiri rudakora. Ni uruganda rwubatswe...
Ahitwa Mirama mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare hagiye kubakwa ibagiro rizuzura rifite agaciro ka Miliyari 1,242. Rizabagirwamo inka 200 n’ihene 500 ku munsi. Hari abacuruzi b’inyama bo ...
Emmanuel Sibomana uzwi mu Ikinamico Urunana nka Patrick yahaye Taarifa ubuhamya bwe. Yavukiye i Nyanza, mu muryango ukennye, aza i Kigali gushaka ubuzima bibanza kwanga, ariko uragerageza, ntiyacika i...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Mata, 2021 nibwo Abanyarwanda by’umwihariko n’Isi yose muri rusange bari butangira kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Urwego rw’Igihugu rw’ubug...
Umukobwa wigishijwe na Dr Kayumba Christopher muri Kaminuza y’u Rwanda yamushinje ko yamusabye ko baryamana, yabyanga undi akagerageza kubimukoresha ku gahato ubwo bari iwe mu rugo. Ni ibirego byashyi...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko Abanyarwanda bazakingirwa mu byiciro bitewe n’uburyo inkingo zizajya ziboneka. Hari mu kiganiro yahaye Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA. Minisit...
Ahagana saa mbiri z’ijoro kuri uyu wa Mbere tariki 17, Mutarama, 2021 Inama y’Abamanisitiri yatangaje ko yemeje ko abatuye Umujyi wa Kigali baguma mu ngo zabo. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Prof ...
Abanyamakuru baganiriye na Taarifa banenga abakora mu bigo bya Leta bashinzwe kubivugira no kubitangaho amakuru (Public Relations Officers) ko batabaha amakuru bashaka, ayo babahaye aza atinze cyangwa...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Lieutenant Colonel Dr Tharcisse Mpunga avuga aho icyorezo kigeze, umwanzuro wagombaga gufatwa na Guverinoma ari Guma mu Rugo y’Igihugu cyose arik...









