Rukundo Patrick wari umaze igihe ari Perezida wa Komite Nkemurampaka ya Rayon Sports yaraye yeguye kuri izi nshingano. Byatewe n’igitutu cy’abafana bamubonye yambaye umupira wa APR FC, mukeba wa Rayon...
Umukino wa nyuma w’irushanwa “RNIT Savings Cup” waraye uhuje Kiyovu Sports y’abakinnyi 10 na Rayon Sports warangiye iyi kipe itsinze Kiyovu ibitego 3-0. Wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku mugoroba w...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko iyi kipe yatandukanye na Eric Mbirizi wakinaga hagati. Uyu musore ukomoka mu Burundi yahisemo kuva muri Rayon kandi ngo ni ikintu cyakozwe ku bwumvikane bw’imp...
N’ubwo bitaratangazwa ku mugaragaro, hari bamwe mu bafana ba APR FC bavuga ko aho ibintu bigeze umutoza wayo yasezererwa kubera ko nta musaruro aragaragaza. Uyu mutoza w’Umufaransa witwa Thierry Froge...
Nyuma yo gutsindwa ibitego 2-1 bikozwe na Rayon Sports, umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC yabwiye itangazamakuru ko abakinnyi be bakoze amakosa, Rayon Sports irabakosora. Ngo muri Football bibaho k...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 12, Kanama, 2023 habaye umukino uruta iyindi muri Football yo mu Rwanda wahuje amakipe atajya imbizi ari yo Rayon Sports na APR FC. Warangiye Rayon Sports itsinze APR FC i...
Ibi bikubiye mu byo Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr. Jean- Damascène Bizimana yatangaje ku biherutse kuba mu bitwa Abakono. Avuga ko amoko mu Rwanda yahozeho kandi ko...
Nyuma y’amasaha make Rayon Sports izanye umutoza mushya uturutse muri Tunisia, APR FC nayo imaze gusinyisha uwitwa Nsengiyumva Ir'shad wongerewe igihe ayikinira. APR FC na Rayon Sports niyo maki...
Umunya Tunisia Yamen Zelfani yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali azanywe no gutoza Rayon Sports. Iyi kipe ni imwe mu zifite abafana benshi mu Rwanda kandi muri iki gihe abayizi bavuga k...
Uyu musore yatangaje ko yamaze gusinyana na Rayon Sports amasezerano y’uko azayikinira umwaka utaha wa 2023/2024. Kuba Rayon Sports yakiriye Niyonzima Olivier Sefu biri mu mugambi wayo wo kwiyubaka ku...









