Nyuma yo gukura amanota atatu kuri Stade Ubworoherane itsinze Musanze FC igitego 1-0, Rayon Sports ikomeje kwishimira intsinzi no gushimisha abayifana. Kuri uyu wa Gatatu hatangiye gukinwa imikino y’u...
Ahagana saa moya n’igice y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu, taliki 19, Ukwakira, 2024, imvura iremereye yaraye itumye umukino wahuzaga APR FC na Gasogi United usubikwa. Uyu mukino ariko wari watangiye...
Haruna Niyonzima wari umaze igihe gito agiye muri Rayon Sports yahise ahagarika amasezerano hagati ye n’iyo kipe ikomeye. Yabwiye itangazamakuru ko hari amafaranga agombwa kandi atahawe kandi ko...
Myugariro Rutanga Eric wamaze igihe ari mu bakomeye muri Rayon Sports ubu yerekeje muri Gorilla FC. Kuri uyu wa Kabiri nibwo Gorilla FC yahaye ikaze Rutanga Eric, ibimenyesha bose binyuze ku ifoto ba...
Azam FC yomuri Tanzania yaraye itsinze Rayon Sports mu mukino wa gicuti wakinwe ku munsi Rayon yise ‘uw’igikundiro’. Yayitsinze igitego 1-0, abafana bayo batahana agahinda. Rayon yari yakinishije abak...
Robertinho uherutse gusinya ko agiye kongera gutoza Rayon avuga ko kugaruka agasanga mu bubiko bwayo kimwe mu bikombe yayihesheje ari iby’agaciro. Yaraye abitangaje nyuma yo gusinya amasezerano yo kuy...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko yakiriye rutihizamu Haruna Niyonzima wayiherukagamo mu mwaka wa 2007 ni ukuvuga ko hashize imyaka 17. Haruna yasinye amasezerano y’umwaka umwe akina muri iyi ...
Bamwe ni ab’i Kigali, abandi no abo mu nkengero ndetse hari n’abaturutse i Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba…bose bari baje kureba stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa, kuva icyo gihe ikaba ar...
Uwo ni uwamenyekanye nka Sarpong akaba yari umufana ukomeye wa Rayon Sports. Mu minsi mike ishize yahisemo kujya muri APR FC ayibera umufana. Byaratangajwe cyane mu itangazamakuru kuko byari ibintu bi...
Ubwo Mukura Victory Sports yatsindwaga na Rayon Sports, umufana wayo yaguye igihumura baramuhungiza kugira ngo agarure akuka. Ni nyuma y’igitego cyatsinzwe na Eric Ngendahimana. Umukino ukirangira mu...









