Ubuyobozi bwa APR FC bwazanye abatoza bashya ngo bongerere iyi kipe imbaraga zo kuzakina no kuzatwara Shampiyona ziri imbere. Umutoza mukuru wa APR FC yitwa Thierry Froger akaba afite imyaka 60 y’amav...
Abafana ba Rayon Sports bamwe bahimbye Gikundiro ntibishimye. Bavuga ko iby’ikipe yabo, bamwe bakunze bakiri bato ubu bakaba barabyaye, bimaze kuyoberana. Kugeza ubu bisa nk’aho nta kipe yo ikomeye mu...
Buhigiro apfuye afite impamyabumenyi y’ikirenga, PhD, akaba yari umuhanzi ndetse yigeze no kuba umunyezamu wa Rayon Sports. Ubuyobozi bw’iyi kipe nibwo bwamubitse ku rubuga rwarwo. Rayon Sports yatang...
Muri Portugal hari ikipe yitwa FC Sétubal iri kunuganuga umuzamu wa Rayon Sports witwa Abouba Bashunga ngo ajye kuyikinira. Hari amakuru avuga ko iriya kipe yamutumiye ngo imukoreshe igerageza. Igerag...
Rayon Sports F.C yemeje ko yahagaritse umutoza Masudi Djuma Irambona, azira umusaruro mubi. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko Rayon Sports ku Cyumweru yatsinzwe na Kiyovu Sports ibitego 2-0 mu mu...
Rayon Sports yasoje imikino ya shampiyona iyoboye itsinda B iherereyemo, nyuma yo kunganya na Gasogi United igitego 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Bugesera. Muri uyu mukino watangiye saa cyenda ...
Umukino wa gicuti wahuzaga ikipe ya Rayon Sports na Police FC wahagaritswe kubera impungenge z’uko hashobora kuba ikibazo cy’umutekano, abantu bakinjira muri Stade Amahoro ari benshi kandi bitemewe mu...
Mu ijoro ryo ku wa 24, rishyira uwa 25, Mata, 2020 nibwo inkuru mbi yasakaye ko Jeannot Witakenge wigeze kuba umutoza mukuru wa Rayon Sports yapfuye. Witakenge ari mu batoza b’Abanyamahanga batoje imw...
Ikipe ya Rayon Sports yongereye amasezerano n’uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye Skol Brewery Limited afite agaciro karenga miliyoni 200 Frw ku mwaka, mu gihe cy’imyaka itatu. Ayo mase...







