Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, (Rtd) Gen Patrick Nyamvumba yasabye abakinnyi ba Rayon kuzatsinda Singida Black Stars yo muri Tanzania. Icyakora bizayigora kuko yatsindiwe iwayo mu Rwanda, bituma...
Marouf Tchakei wa Singida Black Stars yo muri Tanzania yatsindiye ikipe ye igitego kimwe ku busa bwa Rayon Sports yakiniraga kuri Kigali Pélé Stadium imbere y’abafana bayo. Rayon kandi nibwo yari ikin...
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rwa Rayon Sports Abdallah Murenzi yatangaje ko izakoresha ingengo y’imari ya Miliyari Frw 2, ubu ikaba ifite Miliyoni Frw 400. Andi azava he? Ni ingengo izakor...
Umurundi Bigirimana Abedi aragera i Kigali aje gukinira Rayon Sports. Bivugwa ko ari bubanze gusinya amasezerano n’iyo kipe kugira ngo azay mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26. Rayon Sports FC iri gu...
Ku nshuro ya 14 APR FC yaraye itwaye igikombe cy’amahoro imaze gutsinda Rayon Sports iyiruka umuriri mu buryo bugaragara. Byose byatangiye ubwo yayitsindaga igitego cya mbere ku munota wa kane, abakin...
Kuri Stade Amahoro ku Cyumweru Tariki 04, Gicurasi, 2025 hazabera umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro uzahuza amakipe ya mbere mu Rwanda ari yo Rayon Sports na APR FC. Kuri uyu wa Gatatu tariki 30,...
Abafana ba Rayon Sports baraye bishimye nyuma yo gutsinda Muhazi United ibitego bibiri k’ubusa mu mukino wabereye mu Karere ka Ngoma ahari Stade iyi kipe isanzwe yitorezaho. Umukino wabaye kuri ...
Murangwa Eric Eugène wahoze ari umunyabigwi mu mupira w’amaguru muri Rayon Sports avuga ko amahirwe yagize akarokoka ari uko yari akunzwe muri iriya kipe, abicanyi ‘bakamwihorera’. Mu buhamya bw’uyu m...
Abagore bakinira Rayon Sports baraye batwaye igikombe cya Shampiyona 2024-2025. Hari mu mikino wa nyuma wabahuje na bagenzi babo bo mu Inyemera WC urangira ibatsinze 2-1. Umukino wa nyuma waraye ubay...
Rayon Sports yaraye itsinze Muhazi United ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 12 wa Shampiyona bituma igira amanota 29, irusha amanota icyenda AS Kigali iyikurikiye. Hazakurikiraho umukino uzayihu...









