Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta avuga ko muri iki gihe umubani w’u Rwanda n’u Bufaransa ufite isura nshya ishingiye ku kubwizanya ukuri ku byaranze amateka hagati y’ibihu...
Raporo yamuritswe n’u Rwanda yagaragaje ko u Bufaransa bwagize uruhare mu gutuma Jenoside ishoboka, gusa bisobanurwa ko raporo igamije kugaragaza amateka, itagamije kugira abo ikurikiranaho ibyaha. Iy...
Raporo yatangajwe kuri uyu wa Mbere ku ruhare rwa Leta y’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi yanzuye ko u Bufaransa bwayigizemo uruhare rufatika(significant) kuko rwateye ingabo mu bitugu Guve...
Mu masaha yo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 19, Mata, 2021, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama Y’Abaminisitiri idasanzwe iri butangarizwemo uruhare rw’ubutegetsi rw’u Bufaransa...
Mu butumwa buto yaraye ashyize kuri Twitter yifatanya n’Abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yavuze ko buri tariki 07, Mata, 2021 ari umunsi wo kuyib...
Raporo ya Global Gender Gap Index 2021 yashyize u Rwanda ku mwanya wa karindwi ku isi n’uwa kabiri muri Afurika, mu kubahiriza uburinganire bw’abagabo n’abagore mu nzego zitandukanye...
Jean-Paul Kimonyo ni umushakashatsi mu mateka y’u Rwanda cyane cyane urwa nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Yahoze ari umujyanama wa Perezida Kagame. Avuga ko raporo y’Abanyamateka b’Abafaransa nta...
Abashakashatsi bo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima bafatanyije n’abo muri za Kaminuza z’u Bushinwa batangaje ko basanze virus yateye icyorezo COVID-19 yaraturutse mu gacurama, ariko i...
Raporo ivuga ku ruhare u Bufaransa bwagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi yasohotse ku wa Gatanu w’Icyumweru gishize ntivugwaho rumwe mu ruhando rw’intiti. Hari abanyamateka bavuga ko iterura ngo ivu...
Abahanga mu binyabuzima bamaze igihe kinini bavuga ko hari ibinyabuzima bicika ku isi kubera ibikorwa bya muntu ariko abantu bakagira ngo ni amashyengo y’abashakashatsi. Icyegeranyo cyasohowe n’ihurir...









