Taarifa yamenye ko mu Nama y’Umushyikirano izaba hagati y’italiki 27 n’italiki 28, Gashyantare, 2023 ari ho hazatangarizwa raporo ya paji 130 ikubiyemo ibyavuye mu ibarura rusange ry’abatuye u Rwanda ...
Ni imibare yatangajwe na Banki Nyafurika y’iterambere, AfDB. Abahanga b’iyo banki bongeraho ko iyo basuzumye basanga mu mwaka wa 2024 ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 8.1%. Hagati aho Min...
Umuhora wo hagati ni ihuriro ry’ibihugu byo mu Karere k’Afurika yo hagati bigizwe n’u Rwanda, u Burundi, Tanzania, Uganda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Raporo nto y’ubunyamabanga bukuru bwawo,...
Raporo y’abahanga mu micungire y’amashyamba basanzwe bakorera Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa, yiswe The State of World’s Forests 2022 ivuga ko u Rwanda ruri mu bihugu ...
U Rwanda ni cyo gihugu rukumbi muri Afurika kiri mu nzira nziza yo gushyira mu bikorwa intego zamerejwe i Malabo (Malabo Declaration) muri Equatorial Guinea, zigamije guteza imbere ubuhinzi kuri uyu m...
Abayobozi mu Turere duherutse gusurwa n’Abasenateri ubwo bagenzuraga ibibazo biri mu Midugudu mu Rwanda, bababwiye ko imwe mu mpamvu ituma imidugudu ititabwaho ari uko nta mukozi uyishinzwe by’umwiha...
Kuva yemezwa ko ari we uzahagararira u Bufaransa mu Rwanda, Bwana Antoine Anfré nibwo bwa mbere yahuye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta. Yamugejejeho impapuro zimwemer...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 18, Gicurasi, 2021 Perezida Kagame yaraye ahuye na benshi mu bari bagize Komisiyo yanditse ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi bari bari m...
Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yagaragaje ko hari abanyeshuri 54 boherejwe kwiga mu mahanga amasomo adahuye n’ibiteganywa n’amabwiriza, n’ibindi bibazo bishobora kuba byarahombeje Leta mil...
Mu kiganiro yahaye abatabiriye Inteko nyobozi yaguye y’Umuryango FPR –Inkotanyi ku munsi wayo wa kabiri, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Bwana Jean Marie Vianney Gatabazi yavuze ko mu myaka ya 1990...









