Kuri iki Cyumweru hari abasore bane bafashwe n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo biyemerera ko batorejwe igisirikare muri Uganda bigizwemo uruhare na Thomas Lubanga Dyilo uyobora ishyaka UPC...
Muri ba Ambasaderi Perezida Kagame yaraye yakiriye impapuro zabo zibemerera gukorera mu Rwanda, harimo n’uwa Luxembourg witwa Jeanne Crauser. Aje guhagararira Luxembourg mu Rwanda nyuma y’uko narwo rw...
Ihuriro nyarwanda ry’amabanki, Rwanda Bankers’ Association, rwatangaje ko amaze kugera ku rwego rwiza rw’imikorere ndetse ko afite uruhare ntagereranywa mu kuzamura ubukungu. Ibi biherutse gutangarizw...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, ishami ry’u Rwanda UNHCR-Rwanda, ryatangaje ko mu mwaka wa 2-23 impunzi 7,826 zabaga mu Rwanda zabonye ibihugu bizakira. Ibyo ni Leta zunze Ubumwe za A...
Raporo ya Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu mu mwaka wa 2023/2024 iragaraza ko igenzura yakoreye mu mu Magororero 14 yasanze afungiwemo abantu 86 274 mu gihe afite ubushobozi bwo kwakira abantu 61 3...
N’ubwo atari bose, ariko muri rusange abayobozi mu nzego z’ibanze, cyane cyane abo mu cyaro, ntibarasobanukirwa neza uko raporo ku byaha bikorerwa aho bayobora zikorwa. Niyo mpamvu RIB iri kubibahugur...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire (RHA) cyatangaje ko Akarere ka Karongi ari ko ka mbere gafite ubuhaname n’imiterere y’ubutaka biteje akaga kurusha utundi kubera kwibasirwa n’ibiza. Hataho Akarer...
Mu kiganiro kivuga uko u Rwanda ruhagaze muri iki gihe rumaze imyaka 29 rubohowe, Perezida Kagame yagize icyo avuga kuri raporo y’impuguke iherutse gushinja u Rwanda gukomeza gufasha M23. Yavuze ko nt...
Mu mwaka wa 2017 ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire, Rwanda Housing Authority, cyasohoye raporo yabwiraga inzego z’Umujyi wa Kigali n’izindi ko imyubakirwe y’inyubako nyinshi zo guturamo zisw...
Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya yaraye atangaje ko u Rwanda rufite intego yo guteza imbere Igifaransa mu mashuri y’ibyiciro byose by’uburezi. Yabivugiye mu muhango u Rwanda rwifatanyijemo...









