Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga n’itumanaho Airtel Rwanda cyatangije gahunda yiswe Ingoboka igamije gufasha abarwayi kwishyura ibitaro no kubona uko bagura imiti ariko bakagira n’a...
Kuri uyu wa Kane taliki 23, Gicurasi, 2024 Perezida Kagame yafatanyije na Marc Rugenera gufungura Ibiro bishya by’Ikigo cy’ubwishingizi Radiant kiri mu Murenge wa Nyarugenge mu Kaere ka Nyarugenge mur...
Inama ikomeye yahuje inzego za leta, amavuriro yigenga n’ibigo by’ubwishingizi yakuyeho icyemezo cyari gutuma guhera kuri uyu wa 25 Mutarama, abantu bivuriza ku bwishingizi bwa Radiant, Britam na Sanl...
Mu masaha y’umugoroba Ku Cyumweru taliki 23, Mutarama, 2022 hasohotse itangazo ryasinyweho n’ubuyobozi bw’Ihuriro nyarwanda ry’abaganga bigenga rivuga ko abarwayi bari basanganywe ubushingizi bafatiy...



