Mu rwego rwo kongera umusaruro w’inyama z’ingurube, Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yatangije gahunda yo kuzitera intanga kugira ngo zororoke kandi ntizirwagurike. Ikigo ...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yibutse gutangaza ko hari ubwoko butatu bw’imiti buri gukorwa nyuma y’uko aborozi bo mu Karere ka Nyagatare batangaje ko imiti bari bamaze igihe batera inka zabo ngo ...
Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi ariko ushinzwe by’umwihariko ubworozi Dr Solange Uwituze avuga ko imibare yerekana ko mu mwaka wa 2050, Abanyarwanda bazaba ba...
Mu nama yaraye ihuje abagize Urugaga nyarwanda rw’aborozi b’ingurube n’abafatanyabikorwa babo, Umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi ushinzwe ubworozi Dr Solange Uwituze yavuze...
Guverinoma y’u Rwanda iri mu gihombo cya miliyoni nyinshi z’amadolari igomba kwishyura Export-Import Bank (EXIM Bank) of India, kubera inguzanyo ya miliyoni $120 yafashe. Bitewe n’imiterere y’iyi nguz...
Ubwanditsi bwa Taarifa bufite amakuru yizewe avuga ko nyuma y’uko mu Kigo cy’igihugu cy’ubuhinzi bagabanyirije abakozi, bamwe binyuze mu kubirukana, abandi mu kubahagarika by’agateganyo abandi bakikur...
Nta gihe kirekire gishize Leta y’u Rwanda itangije amavugurura mu bigo byayo, ikabikora ivuga ko biri mu rwego rwo kwirinda gukomeza gukoresha abakozi ba baringa, bahenda Leta. N’ubwo iyi Politiki iga...
Ikibazo cy’irigiswa ry’ifumbire n’amafaranga yayigenzeho mu turere twinshi tw’u Rwanda cyatangiye muri 2007. Kuva icyo gihe kugeza ubu abantu bafunzwe ni ba rwiyemezamirimo ariko nta mukozi mu kigo ru...






