Umworozi wo mu Karere ka Gicumbi witwa Shirimpumu avuga ko yazanye mu Rwanda ingurube zifite amaraso avuguruye 100% k’uburyo imwe ishobora kubwagura ibyana 20. Ni yo ngurube ifite ubushobozi bwo kubwa...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi RAB cyatangaje ko mu Rwanda hagiye kuzanwa icyororo gishya cy’intama zo mu bwoko bwa ’Merinos’. Kugira ngo kigere ku borozi benshi, Leta y...
Hashize iminsi amatungo yo mu Mirenge ya Gahini, Mwiri na Murundi mu Karere ka Kayonza agaragaje ibimenyetso by’indwara y’uburenge. RAB ivuga ko hashingiwe kuri ibyo bimenyetso, mu rwego rwo kurinda k...
Ikigo cy’igihugu kita ku buhinzi n’ubworozi, RAB, kivuga ko impamvu ikomeye ituma umusaruro w’ibirayi urumba, ari uko abahinzi babihoza mu murima ntibabisimbuze ibindi myaka. Guhoza igihingwa kimwe mu...
Mu Mudugudu wa Nyagasenyi n’uwa Kansoro mu Kagari ka Nyonirima mu Murnege wa Kinigi mu Karere ka Musanze haramutse inkuru y’abajura bivugwa ko bageraga kuri 40 baranduye ibirayi byatuburwaga nk’imbuto...
Umworozi w’ingurube akaba na rwiyemezamirimo witwa Jean Claude Shirimpumu avuga ko mu banyamahanga baza kumugurira ingurube zo kubaga abo muri DRC baza ku mwanya wa mbere. Abanyarwanda bo bagura ingur...
Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) cyabujije ingendo z’ingurube n’ibizikomokaho biva mu mirenge imwe n’imwe y’Akarere ka Musanze. Ni mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’indwara ...
*Bamwe bashora Leta mu manza igatsindwa, abandi bagakoresha amafaranga yayo mu byo atagenewe… Ibihano abakozi ba Leta y’u Rwanda bahabwa kandi bidakurikije amategeko bituma bayirega igatsinda imanza b...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, gifite abakozi b’abahanga mu bintu byinshi ariko ku rundi ruhande uwareba ibyo gikora yakwibaza impamvu imishinga ikomeye y’igihugu i...
Umuyobozi mukuru wungirije mu kigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda, RAB, Dr Solange Uwituze yatangaje ko u Rwanda rwasohoye iteka rishya rigena uko amatungo atwara mu cyan...









