Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Qatar, rugamije gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi. Yakiriwe na Amir wa Qatar, Sheikh Tamim Bin Hamad Al Thani, baganira ...
Bwana El Musalmi Kabbashi usanzwe ari umuyobozi wa Al Jazeera muri Sudani yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano kandi kugeza ubu nta mpamvu y’ifatwa rye iratangazwa. Bisanzwe bizwi ariko ko iki kin...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Lieutenant Colonel Bernard Niyomugabo amuha ipeti rya Colonel, anamuha inshingano nshya zo guhagararira ubufatany...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 12, Ukwakira, 2021 Perezida Paul Kagame yitabiriye inama yiga ku bikorwa byo kugarura umutekano hirya no hino ku isi yabereye muri Qatar avuga ko u Rwanda rwi...
Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye inyandiko zemerera ba Ambasaderi batatu gutangira gukorera mu Rwanda. Barimo uwa Qatar witwa Misfer Bin F...
Indege ya Qatar Airways yageze ku kibuga cy’indege cy’i Kabul ijyanyeyo ibikoresho byo gufasha mu kurwanya COVID-19. Niyo nkunga ya mbere yo gufasha urwego rw’ubuzima bwa kiriya gihugu ihageze guhera ...
Umukino wahuzaga amakipe y’umupira w’amaguru ya Brazil na Argentina wahagaritswe huti huti, ubwo inzego z’ubuzima zari zimaze kumenya ko hari abakinnyi babeshye bakinjira mu gihugu mu buryo butemewe. ...
Kuva Qatar yemererwa gutangira kubaka Sitade izakinirwamo imikino y’igikombe cy’isi, abakozi batangiye akazi ariko ikibabaje ni uko uburyo bakoramo busa n’ubucakara k’uburyo hari abapfuye bazize ingar...
Iki gihugu kiri muri Aziya nk’uko bigaragara ku ikarita y’Isi. Cyarangije gushora amafaranga muri za Banki zo muri Afurika y’Abarabu( Maghreb) ariko kirashaka no gushora muri Banki z’Afurika y’Abirab...
Itsinda ry’abashoramari bo muri Qatar riyobowe na Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda, Abdulla Bin Mohammed A. Al Sayed bagiranye ikiganiro kihariye na Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare...









