Uyu mugambi u Rwanda urateganya kuzasubiza abana 177,000 mu ishuri. Ruzawukora ku bufatanye na Qatar n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kureba ishyirwa mu bikorwa by’intego z’iterambere riram...
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Juvénal Marizamunda yaganiriye na Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda witwa Misfer Faisal Al-Shahwani uko ingabo z’ibihugu byombi zakongera ubufatanye. Itangazo rivuga kuri i...
Nyuma yo gutanga ikiganiro mu nama yahuje abayobozi ba Qatar n’ab’ibihugu by’inshuti zayo, Perezida Kagame yakiriye abandi bayobozi batandukanye baganira ku ngingo zifitanye isano n’iterambere ry’u Rw...
Kagame yaraye ageze i Doha muri Qatar mu nama ihuza iki gihugu n’ibindi by’inshuti zacyo; iyo nama yitwa Qatar Economic Forum. Ari mu bayobozi b’ibihugu bazatanga ikiganiro muri iyi nama. Ku kib...
Taarifa ifite amakuru avuga ko Paul Rusesabagina umaze iminsi mike muri Qatar ari burare ageze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Biteganyijwe ko nagera yo azaha itangazamakuru ikiganiro ari kumwe n’ab...
Taarifa yamenye ko nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida wa Repubulika, Paul Rusesabagina yahise atwarwa n’abayobozi muri Ambasade y’Amerika i Kigali bamuvana aho yari afungiwe bamujyana mu rugo rwa A...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inteko rusange ya 73 ya FIFA iri kubera mu Rwanda ko rwishimira ko rwatoranyijwe ngo rwakire iyi nteko. Yaboneyeho umwanya wo kwibutsa abantu ko Politiki mbi idakw...
Nyuma y’uko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi atangarije ko atitaba ibiganiro byari bumuhurize i Doha muri Qatar na mugenzi we Paul Kagame, Guverinoma y’u Rwanda yatangaj...
Abagenzacyaha bo muri Polisi y’u Bubiligi bari mu iperereza rimaze gufatirwamo abantu barimo n’uwahoze ari Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ukurikiranyweho kwakira ruswa y...
Umukino wahuje Argentine ya Lionel Messi na Arabie Saoudite urangiye Messi na bagenzi be batsinzwe ibitego 2-1. Bitumye mu itsinda irimo ihita iba iya mbere mu itsinda rya C Arabie Saoudite ihereyemo ...









