Massad Boulos ushinzwe kugira inama Donald Trump ku bibazo bya Afurika yasohoye itangazo rivuga ko ibiganiro k’ukugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC bikomereje i Doha muri Qatar kandi ko bitanga i...
Kuri uyu wa Gatanu Tariki 25, Mata, 2025, bitaganyijwe ko Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC Thérèse Kayikwamba Wagner bari businyire imbere ya M...
Buri ruhande hagati ya M23 na Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwasohoye itangazo bivugwa ko ryemeranyijweho rikubiyemo iby’ingenzi bigomba kubahirizwa kugira ngo inzira iganisha ku mah...
Abari bahagarariye M23 mu biganiro byateguraga ibindi bizaba mu mpera za Mata, 2025, baravugwaho kubivamo kubera impamvu z’uko hari ibyo batemeranyije kandi bikomeye. Bivugwa ko kuri uyu wa Kabiri tar...
Mu Murwa mukuru wa Qatar ari wo Doha hari bubere ibiganiro bihuza intumwa za M23 n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ariko byasubitswe kugeza ku itariki itatangajwe. Byari byateguwe mu ...
João Lourenço uyobora Angola yatangaje ko atakiri umuhuza hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, avuga ko ubu agiye gushyira imbaraga mu nshingano yahawe zo kuyobora Afurika yun...
Leta ya Qatar yatangaje ko yishimiye ko u Rwanda na DRC biyemeje guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa DRC kandi ko byatangiye gushyirwa mu bikorwa. Qatar ivuga ko iyi ari intambwe ishimishije mu gu...
Kuri uyu wa Kabiri Emir wa Qatar yahuje Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baganira uko umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byombi wa...
Guverinoma ya Qatar yemeje amasezerano yemerera Abanyarwanda bafite impapuro z’inzira zisanzwe kuhatemberera batiriwe bazisabwa. Ibi byemerejwe mu ruzinduko Perezida Kgame yagiriye muri Qatar aho yahu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida Paul Kagame yaraye ageze Qatar mu ruzinduko rw’akazi. Ku kibuga mpuzamahanga cya Doha yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Dr. Ahmed ...







