Ubutegetsi bw’i Helsinki mu Murwa mukuru wa Finland buvuga ko igihe kigeze ngo hasuzumwe niba igihe kitageze ngo iki gihugu kijye muri OTAN/NATO kuko ibiri kuba kuri Ukraine ari ikimenyetso cy’uko gut...
Mu kiganiro cya mbere yahaye itangazamakuru kuva yaterwa n’u Burusiya, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko u Burusiya butagamije Ukraine gusa ahubwo ngo n’abaturanyi bayo ‘ruriye abandi r...
Minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yatangaje ko abasirikare bari muri Ukraine babaye bahagaritse intambara kugira ngo bahe abashaka guhunga uburyo bwo gusohoka mu gihugu. Ni umwanzuro wafashwe mu rwego ...
Ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu cye ababwira uko gihagaze, Perezida Joe Biden yongeye kuvuga ko ingabo z’igihugu cye zititeguye kwinjira mu ntambara u Burusiya bwatangije muri Ukraine. Nti...
Amakuru ava muri Ukraine avuga ko nyuma y’uko ahuye n’abasirikare ba Ukraine bakamubera ibamba, Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin yategetse ingabo ze kurasa bombe zirimo n’izikoresha uburozi bita ‘...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Burusiya yahaye umuburo Sweden na Finland ko nibishaka kujya muri OTAN/NATO bizahura n’akaga. Hari amakuru avuga ko umugambi wa Putin ari ugukoma imbere ibihugu byose bitu...
Mu murwa mukuru wa Ukraine ari wo Kiev kuri uyu wa Gatanu mu masaha akuze ibintu byacikaga! Ingabo z’u Burusiya zawinjiye ziturutse mu byerekezo bitandukanye, urugamba rurahinana ariko abasirikare ba ...
Amakuru atangwa n’inzego z’iperereza za Amerika aremeza ko ingabo z’u Burusiya ziteguye kugera mu Murwa mukuru wa Ukraine kuri uyu wa Gatanu. Hagati aho Perezida wa Ukraine aratakambira amahanga ngo a...
Zelenskyy uyobora Ukraine yabwiye u Burusiya ko igihe kigeze ngo bubone ko Ukraine atari agafu k’imvugwarimwe, ko ari igihugu kigenga kandi gishobora kwihagararaho. Yabwiye Vladmir Putin ko burya uguh...
Putin yategetse ingabo ze gutangiza intambara kuri Ukraine kuko ngo u Burusiya ntibwakomeza kubaho buturanye n’igihugu cyabaye icyambu cy’abanzi babwo. Mu ijambo ritangiza intambara yagejeje ku batur...









