Kuri uyu wa Kane mu Rwanda hageze itsinda ry’abanya Arabie Saoudite baje kureba ahari amahirwe yo gushoramo imari. Bayobowe na Hassan Alhwaizy usanzwe uyobora Ihuriro ry’abacuruzi bo mu bwami bwa Arab...
Kubera ibyo yise ‘impamvu ze bwite’, Robert Bafakulera yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwa Federasiyo y’abikorera ku giti cyabo, PSF. Bafakulera asanzwe afite imigabane myinshi muri Hoteli yitwa Ubumw...
Robert Bafakulera uyobora Federasiyo y’abikorera ku giti cyabo mu Rwanda avuga ko abikorera ku giti cyabo mu Rwanda bafite amahirwe yo gukora bisanzuye kandi batekanye kubera ko Leta ibashyigikiye. Ya...
Kuri uyu wa Kane ubwo hamurikwaga ubushakashatsi kuri ruswa nto (Rwanda Bribe Index), Umuyobozi wa Porogaramu muri Transparency International Rwanda witwa Albert Rwego Kavatiri yatangaje ko muri uyu m...
Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police ( CP) John Bosco Kabera mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020 kigamije gusobanura uko Expo...



