Muri iyi minsi indirimbo yose igezweho mu Rwanda wumvamo akajambo ngo ‘Eleeeh’. Hari abakeka ko ari izina ry’umuhanzi runaka ariko burya ni agashya kazanywe n’umusore utunganya umuziki witwa Producer ...
Niwitegereza ukabaza n’abandi bamaze igihe mu muziki wo mu Rwanda rwa nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi uzasanga nta mukobwa w’umu producer w’umuziki uri mu Rwanda cyangwa ngo abe yarigeze guk...

