Abatuye Isi y’ubu bafite ibibazo birimo intambara, amapfa, ibyorezo n’izindi ndwara. Hejuru y’ibi hiyongeraho ibibazo bya politiki bituma impunzi n’abimukira biyongera henshi ku isi. Ibi ni ukuri buri...
Mu ntangiriro za Kanama, 2021 mu Burayi hadutse Ishyirahamwe rivuga riharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ryiyise “IGICUMBI-VOIX DES RESCAPES DU GENOCIDE”. Impuzamiryango y’Abaro...
Augustin Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’Intebe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ubu akaba ari Senateri, kuri uyu wa Mbere yitabye urukiko rushinzwe kurengera Itegeko nshinga atumijwe n’Um...
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Haïti, Martine Moïse yavuze ko iyicwa ry’umugabo we ryakozwe ‘mu kanya nk’ako guhumbya.’ Ni ubutumwa aherutse gutambutsa kuri Twitter akoresheje ijwi rye yahacishije....
Mu nama yateguwe n’Umuryango mpuzamahanga w’ubucuruzi yabaye kuri uyu wa Mbere tariki 21, Kamena, havugiwemo ko u Rwanda, Senegal, Afurika y’Epfo na Nigeria ari byo bihugu by’Afurika bihabwa ama...
Mu Rwanda hari kubera inama yahuje abakora mu ruganda rutunganya ikawa ku rwego mpuzamahanga bakaba bari kwigira hamwe uko uru rwego rwazanzamuka muri ibi bihe isi iri kwivana mu ngaruka z’ubukungu za...
Hari abanyamahanga cyangwa Abanyarwanda baba hanze yarwo bavuga ko ubuyobozi bw’u Rwanda budakoresha Demukarasi, bakabishingira ku mpamvu z’uko ibyemezo bifatwa biba ‘bidahuje n’uko bo babona ibintu.’...
Perezida Ndayishimiye Evariste uyobora u Burundi yageze i Nairobi mu masaha yo mu gitondo kuri uyu wa Mbere tariki 31, Gicurasi, 2021. Yajyanye n’indege ya Kenya. Ubwo aheruka kujya muri Uganda nabwo ...
Umuyobozi w’Ishyaka Mouvement de Libération du Congo (MLC) Jean Pierre Bemba ubu afite imigambi mishya yo kugaruka muri Politiki y’igihugu cye. Muri Guverinoma iherutse gushyirwaho na Bwana Jean– Mich...
Mu Cyumweru gishize mu Burundi Perezida Evariste Ndayishimiye yayoboye umuhango wo guha abasirikare be ipeti rya Sous Lieutenant. Habaye akarasisi kadasanzwe kuko hari bamwe mu bakagaragayemo, bakuye ...









