Umufaransa wari umunyapolitiki ukomeye mu batavuga rumwe na Leta akaba Se wa Marine Le Pen yapfuye afite imyaka 96. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, byatangaje ko uyu mukambwe yari amaze iminsi a...
Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riyobora Uburundi, Révérien Ndikuriyo yavuze ko u Rwanda rudakwiye kwibaza k’ubufatanye ingabo z’Uburundi zagirana na FDLR kuko ngo ibya DRC ifasha uyu mutwe b...
Imwe muri dosiye zikomeye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kugeza mu mpera z’iki Cyumweru ni urupfu rw’Abashinwa babiri barashwe n’umupolisi. Byabaye ngombwa ko Visi Minisitiri...
Perezida Kagame yaraye avuze ko urubyiruko rw’u Rwanda ari rwo mizero yarwo kandi ko rufite ubushobozi bwo kurugeza aheza rutigeze rugera mu mateka yarwo. Yabivugiye mu ijambo yaraye agejeje ku Banyar...
Steven Woolfe wahoze ari Umudepite w’u Bwongereza mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi aherutse gutangaza ko guhagarika gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, byabaye icyemezo...
Umunya Nigeria wamamaye mu muziki witwa David Adedeji Adeleke, uzwi nka Davido avuga igihugu cye gikeneye ubuyobozi buhamye bufite intego irambye yo guteza imbere abaturage. Mu kiganiro kitwa Elevate ...
Nk’uko byari biteganyijwe, Perezida Kagame yageze Arusha muri Tanzania aho yitabiriye Inama ya 24 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Ibiro Village Urug...
Mu buryo buca amarenga ko ari yo izaba politiki y’Amerika, Umuyobozi wa Leta ya Texas witwa August Pfluger yavuze ko Amerika ifite gahunda yo gukomeza gucukura gaze kuko yayifashije kugabanya ibyuka b...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri ni uw’uko Dr. Pierre-Damien Habumuremyi aba umwe mu bagize Akanama Ngishwanama k’Inararibonye kagira inama Umukuru w’igi...
Mu mateka ya Politiki ya Kenya nibwo bwa mbere Visi Perezida wayo yegujwe na Sena. Sena niyo yari isigaye ngo yemeze ko Rigathi Gachagua wari Visi Perezida wa Kenya yegura. Rigathi Gachagua ashinjwa i...









