Perezida Donald Trump yabwiye abitabiriye Inama y’Inteko rusange ya UN ko bakabiriza ibyo gushyuha kw’ikirere. Yagarutse kandi ku ngingo y’uko abemeye ko Palestine iba igihugu kigeng...
Mu masaha ari imbere nibwo urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ruri busomere Joseph Kabila nyuma yo kuburanisha urubanza Ubushinjacyaha bwa gisirikare bwamuregagamo ibyaha bir...
François Bayrou wari uri hafi kumara umwaka ayobora Guverinoma y’Ubufaransa ashobora kuza kweguzwa n’Inteko ishinga amategeko y’igihugu cye iri buterane kuri uyu wa Mbere Tariki 08, Nzeri, 2025....
Antoine Anfré uhagarariye inyungu z’Ubufaransa mu Rwanda yavuze ko guhera mu mwaka wa 2021 kugeza ubu, umubano hagati ya Kigali na Paris ari nta makemwa. Yabivugiye mu ijambo yageneye abanyacyubahiro ...
Urukiko Rukuru rwa Kigali, nyuma yo kumva uko yireguye ubwo rwamubazaga ku byerekeye abantu ubushinjacyaha burega ko baba mu ishyaka rye kandi bakaregwa gushaka guhirika ubutegetsi, rwanzuye ko Ingabi...
Miguel Uribe Turbay ufite imyaka 39 y’amavuko washakaga kwiyamamaza ngo ayobore Colombia, igihugu cyo muri Amerika yo Hagati, yarashwe amasasu atatu, abiri mu mutwe n’irindi mu ivi ariko n...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Tshisekedi avuga ko inzego zose zigomba guhaguruka zigafatanya mu gutuma inzego ziyobora Intara z’igihugu cye zikomeza kunga ubumwe. Aherutse kubwir...
Ni ikibazo benshi mu bantu bakomeye b’i Washington bibaza. Mu mezi menshi yakurikiye irahira rya Donald Trump, nta mbwirwaruhame yavugaga atamukomojeho cyangwa ngo abe ari mu biganiro yagiranaga n’ita...
Robert Kyagulanyi usanzwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yatangaje ko ateganya ‘kongera’ kwiyamamariza kuyobora Uganda. Ayo matora azaba mu mwaka wa 2026, akazahangana na Perezida Yoweli Museve...
Nyuma y’igihe gito M23 ifashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryanzuye kwimura ingabo zaryo zari ziri mu Mujyi wa Walikal...









