Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ugushyingo 2024, Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wemereye u Rwanda miliyoni Є 20 zo gukomeza guhangana n’inyeshyamba ...
Mu kiganiro giherutse guhuza Polisi n’itangazamakuru mu Ntara y’Amajyaruguru, hatangarijwemo ko hagati ya Kanama na Ukwakira, 2024 abantu 339 bafatiwe muri magendu, abagera kuri 239 muri bo bakaba abo...
Mu mpera za Gicurasi, 2024 higeze gutangazwa ko hari ingofero yujuje ubuziranenge motari n’abagenzi bazajya bakoresha. Ibyayo byabaye nk’ibihagaze, ariko ubu amabwiriza y’ubuziranenge buzaranga iyo c...
Mu Mudugudu wa Byemveni( Bienvenue), Akagari ka Gisanga, Umurenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango haravugwa abasore batatu Polisi iherutse gufata ibakekaho gusambanya umugore w’imyaka 58 nyuma yo kumwib...
Polisi ikorera i Kampala iri mu iperereza nyuma y’uko abantu bataramenyekana batwitse Kiliziya iri muri Paruwasi ya Kigungu Mapeera, alitari n’imyenda y’abahereza bigashya. Umuvugizi wa Polisi muri uy...
Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru abaturage basanze umurambo w’umuntu mu muhanda barebye basanga ni mutekano wo mu Mudugudu wa Gashangiro, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve mu Mujyi wa Musanze! Ib...
Polisi itangaza ko mu minsi 30 ishize abantu 500 bo hirya no hino mu Ntara y’Amajyepfo batawe muri yombi bakurikiranyweho ubujura, urugomo n’ibindi byaha. Umuvugizi wayo Assistant Commissioner of Poli...
Imiryango y’Abarundikazi babaga mu Murwa mukuru w’Ububiligi, Brussels, yatangaje ko ibabajwe n’urupfu rwabo rwatewe n’inkongi. Imyirondoro yabo yerekana abo Barundikazi ari Masika Sandra w’imyaka 20 n...
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi, Ruhango na Muhanga yafashe abantu 51 bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo budakurikije amategeko. Bafatanywe ibilo 700 bya gasegereti, lithium na coltan. Ab...
Itangazo rya Polisi y’u Rwanda ryemeza ko Miss Muheto Divine yafashwe kubera gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo. Yasanzwe kandi nta ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga agir...









