Abatuye muri Musanze bari babwiye Taarifa ko bishimiye ko nta hantu mu byemezo bya Cabinet hababwiraga ko bakomeza kuba bari mu ngo zabo saa 7h00 pm. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko nta cyahin...
Mu mudugudu wa Rwamikungu, Akagari ka Nyamikoni, Umurenge wa Kanzenze mu KArere ka Rubavu hari umugabo ufite ubumuga bwo kutabona witwa Dieudonné Munyanshoza uherutse gufungwa na Polisi isanze iwe har...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu barindwi barimo umupolisi witwa PC(Police Constable) Hakim Ndagijimana bari barakoze itsinda ryo kwambura abantu ibiryabarezi ku maherere kugira ngo babigurishe. Umw...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yabwiye Taarifa ko Urwego avugira rwatangiye gushakisha abaraye bateye urugo rw’umuturage w’i Gihundwe bafite imbunda rukab...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27, Ukuboza, 2020abantu batatu barimo babiri bambaye imyenda abaduhaye amakuru bavuga ko ari iya gisirikare bateye urugo rwa Bavugamenshi n’umugore we Mukandayisenga bababwira...
Raporo yakozwe n’inzego za Leta zirimo n’iz’ubugenzacyaha yagaragaje ko Minisiteri y’ubuhinzi yahaye uturere ifumbire kugira ngo tuyihe abahinzi kandi dukurikirane uko izashyurwa. Iyaburiwe irengero ...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego bwafashe umwanzuro w’uko kuri Stade ya Kigali iri i Nyamirambo igirwa gare by’agateganyo yifashishwa n’abagenzi bagana mu Ntara. Ni umwanzuro w...
Guhera kuri uyu wa Kabiri, Abanyarwanda bagomba kuzajya baba bari mu ngo zabo saa mbiri z’ijoro(ku batuye ahandi hatari muri Musanze). Polisi isaba abaturage kwirinda ibirori bishobora kubakururira CO...
Assistant Commissioner of Police (ACP) Rose Muhisoni avuga ko kuba muri iki gihe imibare y’abahohoterwa yiyongera bidashingiye cyane k’ukuba abagore n’abakobwa bahohoterwa cyane ahubwo bishingiye k’u...
Germain yaraye afatiwe mu murenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare atwaye kuri moto ibilo 170 by’amabuye ya gasegereri Polisi ivuga ko yari ayavanye muri Uganda mu buryo bwa magendu. Yafashwe saa kum...









