Kuri uyu wa Kane ubwo hamurikwaga ubushakashatsi kuri ruswa nto (Rwanda Bribe Index), Umuyobozi wa Porogaramu muri Transparency International Rwanda witwa Albert Rwego Kavatiri yatangaje ko muri uyu m...
Mu ijoro ryakeye nyuma y’uko ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ibonye intsinzi ku mukino yakinagamo n’ikipe y’igihugu ya Togo, hari abanyarwanda batuye mu bice bi...
Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru ku wa Gatandatu yafatiye umutoza wa Musanze FC mu birori ari kumwe n’abandi bantu 12 banyoye inzoga kandi batubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Kugeza ub...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa Commissioner of Police George Rumanzi asaba abatuye Kigali gukorera Siporo aho byemewe ku masaha yemewe, bakirinda kurenga imbibi z’imidugudu yabo. ...
Dr Hasan Gokal wakoraga mu bitaro biri Houston muri Texas yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’iperereza yari imaze iminsi imukoraho ry’uko yibye inkingo icyenda za COVID-19 agakingira abo mu muryango ...
Polisi irinda Inyubako y’Inteko ishinga amategeko ya USA yitwa US Capitol Police yafashe umugabo ukomoka muri Leta ya Virgnia afite imbunda yuzuye amasasu n’impapuro z’impimbano z’uko yemerewe kujya ...
Amajwi amaze kubarurwa mu matora yo muri Uganda arerekana ko Umukandida wa NRM Yoweri Kaguta Museveni ari we uri imbere kuko afite amajyi 4,340,134 (61.98 %), agakurikirwa na Bobi Wine uhagarariye is...
Polisi yeretse itangazamakuru abagabo bane ikurikiranyeho kwangiza ibyuma bikwirakwiza amashanyarazi bita amapiloni. Nkubito ukora muri REG avuga ko igihombo bateza Leta ari kinini kuko ipiloni imwe i...
Nitwa Havugiyaremye Jérémie ntuye mu murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 15, Mutarama, 2021 ubwo najyaga ku kazi, nabonye umuntu imodoka yari igongeye muri ...
Ni ubwa mbere mu mateka ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abaturage bigabye bagatera Ibiro by’Inteko ishinga amategeko, bakinjiramo bakayisakiza. Polisi iyirinda byarayirenze irazibukira. Igitangaje ni u...









