Mu Karere ka Kamonyi haherutse gufatirwa abagabo babiri nyuma y’ukop ngpo bahaye umupolisi ishinzwe umutekano mu muhanda ruswa ya Frw 50 000 ngo abasubize Moto yabo. Iyi moto yari imaze amezi abiri i...
Muri gare ya Nyamata, imodoka yo mu bwoko bwa Hiace isanzwe itwara abagenzi irahiriye. Yari igiye kwifashishwa mu gutwara abanyeshuri bari kujya gitangira amasomo. Nta muntu wayigiriyemo ikibazo. Iyi ...
Umwe mu baturage wari uciye ku muhanda uva Kigali ugana Rwamagana mu Burasirazuba yasanze imodoka y’ivatiri iri gushya ariko Polisi iratabara irayizimya. Yabitangarije kuri Twitter. Byabaye mu g...
Tariki ya 25 Nyakanga 2021 nibwo umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza n’intumwa yari ayoboye batangiye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Malawi. Bucyeye bw’aho Tariki ya 26 Nyakanga yagira...
Ubwo Komiseri Mukuru wa Polisi ya Malawi IGP Dr George Kainja yakiraga mugenzi we wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza ubwo yari yasuye ishuri rikuru rya Polisi ya Malawi, yamubwiye ko igihugu cye kit...
Kuri uyu wa Mbere nibwo Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda yahuye na mugenze Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Malawi IGP Dr George Kainja bagirana ibiganiro bigamije gukomeza gushimangira ubufa...
Umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Karere ka Rubavu aherutse gufatirwa mu Murenge wa Kanzenze atwaye udupfunyika 500 tw’urumogi mu mufuka w’ibirayi aruzanye i Kigali. Yafashwe ategereje imodoka itwa...
Muri Tanzania, Umuyobozi w’Ishyaka riruta ayandi atavuga rumwe n’ubutegetsi ryitwa CHADEMA yatawe muri yombi na Polisi mu gihe yiteguraga guha ikiganiro abanyamakuru. Cyari ikiganiro cyo kubabwira iby...
Nyuma y’inkuru y’uko hari abo mu irondo ry’umwuga mu Murenge wa Kigali Akarere ka Nyarugenge bafashwe amashusho bakubitira umuturage mu muhanda, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( ...
Amakuru Taarifa yamenye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 20, Nyakanga, 2021 aremeza ko Sam Kalisa wari Umukuru w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi muri Nyagat...









