Umusore w’imyaka 31 kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Gashyantare, 2022 yatawe muri yombi b’abapolisi ubwo bamusabaga ngo yerekane ubutumwa bw’uko yipimishije COVID-19 kugira ngo yemererwe gukora ikizami ...
Itangazo ryasohowe n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rivuga ko bidatinze, abakozi barwo bazajya bagaragara mu kazi bambaye impuzankano. Umuvugizi w’uru rwego mu kiganiro kihariye yahaye Taarifa yav...
Mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi hafatiwe abantu babatu barimo n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari Polisi ibakurikiranyeho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku ...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amasezerano Polisi y’u Rwanda yagiranye n’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima mu mwaka wa 2017, abapolisi bakorera ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda batanze amaraso yo k...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yitabiriye umuhango wo gusoza amasomo ari amaze iminsi ahabwa abapolisi ba Lesotho. Ari muri Lesotho ku butumire bwa mugenzi we uyobora Polisi ya ...
Umuyobozi w’ishami rya Polisi rishinzwe imikoranire n’abaturage n’izindi nzego, Commissioner of Police (CP) Bruce Munyambo yasuye abagororerwa mu kigo cya Iwawa giherereye mu Karere ka Rutsiro, ...
Filip Nyusi uyobora Mozambique kuri uyu wa Gatanu yasuye inzego z’u Rwanda zagiye mu gihugu cye gufasha izaho kugarura umutekano muri Cabo Delgado. Yasabye ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo gukomeza k...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique mu bikorwa byo guhashya abarwanyi bari bamaze imyaka myinshi barigaruriye Intara ya Cabo Delgado Major General Innocent Kabandana yasabye abagaba b’izi...
Uhagarariye u Rwanda wungirije mu Muryango w’Abibumbye witwa Robert Kayinamura yabwiye abagize Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi ko iyo umugore ashyizwe ku isonga mu bikorwa byo...
Hari abaturage bo mu Mudugudu wa Ntora, Akagari ka Ruhango, Umurenge wa Gisozi bagiye kwereka Polisi abantu bajyaga baguraho urumogi. Abo bantu babiri bagurishaga urumogi Polisi yahise ibafata. Ni um...









