Hagati y’impera za Mata n’intangiriro za Gicurasi, 2025 ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ryafatiye mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali ibilo birenga 50 by’urumogi n...
Polisi yatangaje ko nta motari uzongera gutanga amande arenze Frw 10.000 kandi akaba agomba kuyatanga bitarenze iminsi 30. Ubwo byatangazwaga, abamotari bavuze ko bishimiye ko boreherejwe kuko ubusanz...
Colonel Pacifique Kabanda Kayigamba uyobora Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, yatangije Inama ihuje abagize Komite zungirije mu Ihuriro ry’Umuryango wa Polisi zo mu Karere k&#...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu nama y’Abaminisitiri ni uwo kwemeza umushinga w’Itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, uteganya amavugurura atandukanye ashingiye kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhan...
Mu Mudugudu w’Intiganda mu Kagari ka Tetero mu Murenge wa Muhima habonetse grenade ubwo abaturage bacukuraga itaka ryo kubakisha. Baguye kuri iyo kabutindi ya grenade imeze nk’ubuhiri bita stick ishaj...
Ahitwa Bugiri mu Burasirazuba bwa Uganda habereye impanuka yaguyemo abantu 12, abandi batandatu barakomereka nk’uko Polisi ikorera muri aka gace ibyemeza. Yabaye ubwo ikamyo yagonga bisi yari itwaye a...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha na Polisi y’u Rwanda baburiye abantu bose, by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga, kwirinda gupfobya cyangwa guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi bitwaje ikora...
Umugabo w’imyaka 40 yafatanywe urumogi rupima ibilo 30 yari avanye muri Tanzania nk’uko Polisi ivuga ko yabiyibwiye. Polisi yatangaje ko uwo mugabo yari arutwaye kuri moto, imufatira mu Mu...
Ahitwa Matonge habereye irasana hagati ya bamwe mu bagize Umutwe urinda Abayobozi bakuru b’igihugu n’abapolisi umuntu umwe ahasiga ubuzima. Matonge iherereye ahaitwa Kalamu mu Murwa mukuru, Kinshasa. ...
Abantu batahise bamenyekana bategeye umuntu inyuma y’Ibiro by’Akarere ka Kamonyi bamukubita icyuma mu mutwe agwa kwa muganga. Byaraye bibereye mu Mudugudu wa Ryabitana, Akagari ka Gihinga,...









