Mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Rubona, Umurenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango haherutse kubera impanuka yakozwe n’ikamyo bita Howo( Abanyarwanda byihimbye DIPINE) ihitana umuntu. Byabaye mu ijoro ry...
Mu makorosi ya Buranga habereye impanuka yakozwe na Daihatsu Delta bivugwa ko yari ivuye i Musanze ijyanye ibirayi i Kigali. Amakuru avuga ko yahitanye Shoferi n’umufasha mu kazi mu Kinyarwanda bita ...
Ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda bwatangaje ko hirya no hino mu gihugu hafunguwe ahantu 16 abashaka gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga bazajya babikorera. Ntibazongera gutegereza igihe ...
Abagabo babiri batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego nyuma y’igihe ibakashikisha kubera ubwicanyi bakurikiranyweho bwakoreshaga imbunda. Abafashwe bahuje izina ‘rya’Ndagijim...
Mu Mujyi witwa Busia uri muri Kenya hari Abarundi 60 barimo n’abana bashyizwe mu kato bakekwaho Ebola bavanye muri Uganda. Igikuba cyacitse mu batuye uriya mujyi nyuma yo kubona Abarundi bageze muri k...
Abasenateri babajije abapolisi bakuru muri Polisi y’u Rwanda iby’amakamyo bita ‘DIPINE’( ubusanzwe yitwa HOWO) amaze iminsi akora impanuka zigahitana Abanyarwanda. Polisi yasubije ko hari iperereza ry...
Mu Murenge wa Ngarama, Akarere ka Gatsibo haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 20 Polisi yafatanye ibilo 52 by’ibyuma bivugwa ko yakuye ku mapiloni atanga amashanyarazi. Akurikiranyweho kwangiza ibikor...
William Ruto yavuze ko Polisi y’igihugu cye ihawe uburenganzira bwo kurasa igisambo icyo ari cyo cyose kizashaka kurwanya umupolisi. Avuga ko igihugu cye kitagomba kuba indiri y’abajura ngo bacyigarur...
Umugabo w’imyaka 33 y’amavuko yafatiwe mu Karere ka Ngoma nyuma y’uko uwo yakoreraga mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Gisozi atatse ko yibwe amafaranga arenga Miliyoni. Yafatiwe mu Mudugudu wa Maswa ...
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda (TRS) ryeretse abanyamakuru abagabo babiri barimo umwe ishinja gukwiza ibihuha bivuga ko yazamuye amande ava ku Frw 10, 000 aba Frw 150,000....









