Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda baherutse gufatira mu isoko amabalo atandatu y’imyenda yari yinjiye mu Rwanda mu buryo bwa magendu. Icyo gihe hafas...
Taarifa yamenye ko hari Umunyarwanda witwa Etienne( abo mu muryango we ntibifuza ko irindi rimenyekana) waguye mu mpanuka yakozwe na Bisi ya Volcano( ni ikigo gikorera mu Rwanda) yari ivuye i Kampala ...
Mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi haherutse kwangirizwa ibiyobyabwenge birimo n’ibilo bine by’ikiyobyabwenge gikomeye kitwa Heroin. Ibindi byangijwe ni ibilo 34 by’urumogi, udupfunyika 11,530...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu ahagana saa moya z’igice ku isaha y’i Kampala, ku muhanda Mbarara- Masaka muri Uganda habereye impanuka yahitanye abantu icyenda, abandi 12 barakomereka cyane. Umupolis...
Mu Mudugudu wa Kiyanja, Akagari ka Kagasa mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro haravugwa umugabo witwa Rusesabagina Daniel kuri Noheli yatemye bikomeye umugore we. Umugore we yitwa Mukamuzungu...
I Mwanza muri Tanzania hari inkuru y’umugabo basanze yiyahuye avuye gusezerana n’umugore we. Yiyahuye mu gihe abantu bari baje mu bukwe bwe bateguraga kujya aho abatumirwa bari bwiyakirire, icyo bita ...
Umusore witwa Pascal Niyigena w’imyaka 22 y’amavuko aherutse gufatanwa amashashi 16,400 yari yinjije mu Rwanda. Ni Amashashi atabora kandi ntiyemewe mu Rwanda. Uwafashwe yari ari kumwe n’abantu babiri...
Mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Kinihira haravugwa inkuru y’abagizi ba nabi badukiriye abatuye Umudugudu wa Buhamba, Akagari ka Nyakogo barabatema, abandi babakubita ubuhiri n’ibyuma bya fer a béto...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali hamwe na Polisi y’u Rwanda buraburira abatuye uyu mujyi ko mu minsi mikuru abajura bashobora kuziyongera bityo ko kuba maso ari ngombwa. Umuyobozi w’uyu mujyi witwa Puden...
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’ikigo Ikigo cy’Akarere cy’Indashyikirwa mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana (RCOE) Assistant Commissioner of Police (ACP) Teddy Ruyenzi avuga ko...









