Guhera ku wa Mbere taliki 23, Mutarama, 2023, Ibiro bikuru bya Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali bizimukira ahahoze hakorera CNLG hafi ya AVEGA Agahozo hafi y’ibitaro bya La Croix du Sud. Itangazo ...
Umugabo witwa Niyonsaba w’imyaka 44 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma yo guha umupolisi ruswa ya Frw 70,000 ngo atamukurikirana kuko yagurishije imbaho ntazitangire fagitire ya EBM. Ubwo ya...
Ubwo Polisi ya Congo yarasaga ibyuka biryana mu maso yirukana abaje kwigaragambya nk’uko yari yabitanzeho umuburo, abanyamakuru batatu bakomeretse bikomeye abandi barafatwa bajya guhatwa ibibazo. Aban...
Abagize ihururo bise Le colléctif des mouvements citoyens batangaje ko kuri uyu wa Gatatu bari byigaragambye bamagana ko ingabo za Sudani y’Epfo zitegerejwe i Goma. Ingabo z’iki gihugu zirajya i Goma ...
Ku muhanda wa Rwabuye- Mbazi, haraye habereye impanuka yakozwe n’ikamyo yo mu bwoko bwa Howo ihitana umwana w’umukobwa w’imyaka itatu. Uwari utwaye iriya modoka yahise atorokana nayo. Ni amakuru yemej...
Ihuriro ry’abanyabigango bo muri Kenya ryitwa The Bouncers Association of Kenya ryavuze ko rigiye gusaba Leta ya Kenya kubemerera kujya bitwaza imbunda. Bayisabye ko yazabatoza uko imbunda zikoreshwa ...
Mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango hafungiye umugabo witwa Hategekimana ukurikiranyweho guha umupolisi ruswa ya Frw 100,000 mu ruhame undi arayanga agahita amuta muri yombi. Yagiraga ngo uwo m...
Amakuru Taarifa igikurikirana aravuga ko hari ikamyo yagonze imodoka ya RDF uyiturutse imbere. Byabereye mu muhanda umanuka mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge. Hashize iminota igera kuri ...
Abagabo babiri batawe muri yombi na Polisi ibasanze mu nzu bivugwa ko bari barayihinduye laboratwari bakoreragamo amadolari y’Amerika($). Bafashwe bari hafi kuzuza $100,000 y’amiganano. Ni igikorwa cy...
Umwana w’uruhinja w’umunyamugisha abantu bamukuye mu bwiherero aho yari yatawe n’umuntu utaramenyekana. Amakuru avuga ko ruriya ruhinja rwari rumaze Icyumweru kimwe ruvutse. Abaturage bo mu Mudugudu w...









