Umuririmbyi uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi ukomoka muri Amerika witwa Britney Jean Spears yasabye abafana be kumubabarira bakamuha agahenge kubera ko hari n’abarengera bakamwoherereza ubutumw...
Umuyobozi wa Kaminuza ya Kent yo muri Amerika witwa Dr Marcello Fantoni yaraye asinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ubuhanga na Polisi y’u Rwanda kugira ngo izayifashe mu gukarishya ubwenge bw’aba...
Mu kigo gishinzwe gusuzuma imiterere y’ibinyabiziga cy’i Rwamagana, hafatiwe uwitwa Niyoyita Roger wagaragaye yasinze ubwo yari aje gusuzumisha imodoka yo mu bwoko bwa Dyna RAE 638 N. Polisi ivuga ko ...
Ubutabera bwa Uganda bwatumije umuhanzi uri mu bamamaye kurusha abandi mu Karere Uganda iherereyemo witwa Jose Chameleone kugira ngo asobanure ku byo aregwa byo guhohotera umumotari. Byabaye ubwo umum...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza avuga ko umubano Polisi y’u Rwanda ishaka kugirana n’iy’uwa Botswana ushingiye k’ubuyobozi n’umubano by’Abakuru b’ibihugu byombi, Kagame na Masisi...
Ni inkongi ikomeye yafashe icyumba kibikwamo ibintu muri IPRC Kigali, ikongeza bimwe mu byumba abakobwa biga muri kiriya kigo bacumbitsemo. Umunyeshuri ukuriye abandi witwa Etienne Micomyiza yabwiye T...
Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa Polisi ya Botswana witwa Phemelo Ramakorwane yakiriwe na IGP Dan Munyuza, mugenzi we uyobora Polisi y’u Rwanda. Ni mu ruzinduko rw’Icyumweru azamara mu Rwanda. Ku rub...
Mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke habereye impanuka yahitanye umushoferi wari utwaye RAV 4 wagongonye na coaster yavaga i Kigali. Yabereye mu Kagari ka Nyacyina, Umudugudu wa Ruhore. RAV 4 i...
Taarifa yamenye ko hari umuturage wa Uganda witwa Turyahikayo Jackson uherutse kuraswa apfira mu Mudugudu wa Tabagwe, Akagari ka Tabagwe mu Murenge wa Tabagwe ubwo yateraga icumu abashinzwe umutekano ...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko igihe kigeze ngo abatuye Umujyi wa Kigali n’abawugenda bamenye ko guca mu bisitani bitemewe kandi bazirikane ko ababikora bazabihanirwa. Guca cyangwa guta imyan...








