Hafashimana Usto alias Yussuf ukurikiranyweho kwica abantu yikurikiranya yabwiye itangazamakuru ko yemera ko yabishe ariko ari ibyo bamuroze. Ngo abitwa ‘abarangi’ nibo bamubwiye ko yarozw...
Hafashimana Usto alias Yussuf ni umugabo ukomoka mu Karere ka Ngororero aza i Kigali gushaka imibereho ariko abikora yiba. Yabwiye itangazamakuru ko yasangaga umuzamu asinziriye ahantu akamuca umutwe,...
Shema w’imyaka 35 y’amavuko yafashwe na Polisi y’u Rwanda imusanganye permis y’impimbano yatangiwe i Burundi. Yafashwe aje gusuzumisha ikamyo iremereye yo mu bwoko bwa Benz Actros. Kuri uyu wa Gatanda...
Umugabo ukomoka mu Butaliyani witwa Edgardo Greco yafashwe na Polisi y’u Butaliyani ifatanyije na Polisi mpuzamahanga nyuma y’imyaka 16 yari amaze yihisha. Basanze ari umutetsi w’imigati mu Bufaransa....
Abagabo babiri bo muri Uganda bari gukurikiranwa na Polisi nyuma y’uko hari umuntu uherutse guterwa icyuma mu rubavu ubwo yari aje gukiza abafana besuranaga hasi nyuma yo kutumvikana k’ukuntu Arsenal ...
Appolinaire Nzirorera yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’uko agiye gusuzimisha ubuziranenge bw’imodoka, bamupima bagasanga yari yanyweye inzoga. Ni umugabo w’imyaka 58 y’amavuko. Yafatiwe mu kigo gis...
Mu kigo gisuzuma imiterere y’ibinyabiziga giherereye i Remera mu Karere ka Gasabo hafatiwe uwitwa Minani Samuel ufite imyaka 39 wari ufite uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga rw’uruhimbano....
Mu Ntara ya Cape Town muri Afurika y’Epfo abantu umunani biciwe mu birori byo kwizihiza umunsi w’amavuko w’inshuti yabo. Bishwe barashwa n’abantu bataramenyekana kugeza ubu. Polisi ivuga ko abantu biy...
Nyuma yo gutongana bapfa umurima, umuhungu w’imyaka 22 muri Kenya ahitwa Longisa yahiriye Se w’imyaka 60 mu bwiherero bamukuramo yanegekaye. Se w’uriya musore yitwa Samuel Tanui. Nyuma y’iminsi ibiri...
Mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Mutarama Polisi yahatiye Nizeyimana Salatiel w’imyaka 27 y’amavuko akurikiranyweho gukora $2,550. Umuvugizi wayo mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspecto...









