Mu rwego rwo gufasha abana bo mu Mujyi wa Mocimboa da Praia n’uwa Palma gusubira ku ishuri, inzego z’umutekano z’u Rwanda zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, zatanze ibikoresho by’amashuri bigenewe abi...
Abatuye ku misozi ya Mparambo I, Munyika I, Kagazi, Rusiga, Rukana, Rugeregere, Murambi, Kaburantwa, Gasenyi na Ruhagarika muri Komini Rugombo na Komini Buganda mu Ntara ya Cibitoke baratakamba kuko...
Mu Murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa abantu batatu barimo abagore babiri bakurikikiranyweho gukwirakwiza urumogi. Bose hamwe bafatanywe udupfunyika 2,040. Umugabo wafashwe af...
Polisi ya Kenya yataye muri yombi abantu batanu ikurikiranyeho kwiba uruhinja. Nyina w’urwo ruhinja avuga ko azi neza ko yabyaye impanga ariko atungurwa no kubona abaganga bamuha umwana umwe. Abenshi ...
Agakiriro ka Gisozi mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali haraye gafashwe n’inkongi mu gice kibikwamo imbaho zirashya ziratokombera! Mu ijoro ryo ku itariki 12 Gashyatare 2023 nibwo byabaye. Polisi ...
Guverinoma y’u Rwanda ibicishije muri Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko igiye gushinga ishuri ry’abashoferi b’umwuga. Ni mu rwego rwo gukarishya ubumenyi mu gutwara ibinyabiziga no kugabanya im...
Yitwa Kiernan Forbes akaba yaramenyekanye nka AKA. Uyu muhanzi uri mu bakomeye bo muri Afurika y’Epfo yiswe arasiwe mu Mujyi wa Durban n’abantu Polisi itaratangaza kugeza ubu. Yari akiri muto kuko yar...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu riherutse gufatira mu Karere ka Nyagatare amavuta menshi yangiza uruhu. Yayafatanye abagabo babiri, barimo umwe w’imyaka 28 n’undi w’imyaka 38 y...
Abantu bane bo mu turere twa Rulindo, Musanze na Rusizi baherutse gutirwa muri operation ya Polisi y’u Rwanda basanganwa udupfunyika 3,553 tw’urumogi. Bafashwe hagati y’italiki 04 n’italiki 05, Gashya...
Nigeria nicyo gihugu gikize kurusha ibindi muri Afurika kandi ubu bukire bigaragara ko buzamara igihe nk’uko Ikigega mpuzamahanga cy’imari giherutse kubitangaza. Ni cyo gihugu kandi gituwe n’abantu be...









