Imirenge y’Akarere ka Gasabo ya Gikomero, Ndera, Rusororo, Rutunga na Bumbogo iri mu Mirenge yo mu Mujyi wa Kigali igaragaramo abantu benshi benga kanyanga. Iki ni ikiyobyabwenge kiri mu bigarag...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yatashye umuyoboro wubatswe mu Murenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza uzaba amazi ingo 3,000 . Ni igikorwa ngarukamwaka ingabo z’u Rwanda na ...
Nanzagahigo na Sindikubwabo ni bamwe mu babyeyi n’abarezi bashima ko ingabo z’u Rwanda na Polisi bubakiye abana amarerero kugira ngo babone aho bakura uburezi bw’ibanze buri ncuke ikenera. Ubutumwa bw...
Imibare itangwa n’inzego z’umutekano ni ukuvuga Rwanda Defence Force na Rwanda National Police ivuga ko mu gihe abazikorera bagiye kumara baha serivisi z’ubuvuzi abatuye Rulindo, bazavura abantu 10,00...
Ntituramenya niba ari ‘Operation’ yihariye Polisi y’u Rwanda yatangije mu Mujyi wa Kigali, gusa ikigaragara ni uko hari abantu benshi biganjemo urubyiruko iri guta muri yombi, ikemeza ko ari abajura. ...
Urupfu rw’umwarimu wa Kaminuza witwa Albert Ojwang wari usanzwe wandika kurii murandasi waguye muri kasho ya Polisi ntiruvugwaho rumwe rwateje indi midugararo mu baturage. Barashinja Polisi kumwica, y...
Kuri uyu wa Kane, Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Jali, Akagari ka Agateko, Umudugudu wa Kinunga, ifatanije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage yafashe abajura bane bategaga abatura...
Imwe mu modoka za WASAC yakoreraga ku ruganda rwa Nzove ruri mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge yibwe tariki 17, Gicurasi, 2025. Ku wa Gatandatu mu ijoro ahagana saa sita z’ijoro nibyo iyo...
Umudepite wo mu ishyaka riharanira iterambere ry’Abatwa bo mu Burundi witwa Jean-Baptiste Sindayigaya yakubiswe n’abantu batahise bamenyekana benda kumumena ijisho. Yabwiye itangazamakuru ryo mu gihug...
Mu Kagari ka Munanira, Umurenge wa Nyakabanda muri Nyarugenge Polisi yahafatiye ubwoko bw’amavuta yangiza uruhu bita mukorogo. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire avuga ko ama...









