Mu ijambo yavuze nyuma yo guhagarira umuhango wo kuhererekanya ububasha hagati ya CG Dan Munyuza wari umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda n’uwamusimbuye IGP Felix Namuhoranye, Minisitiri w’umutekano Alfred...
Ubwo yakiraga indahiro y’abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yavuze ko imikoranire hagati ya Polisi n’abaturage ari ingenzi kugira ngo Polisi igere ku ntego zayo n’abaturage ...
Abantu batatu baherutse gufatirwa mu Mujyi wa Karongi bafite Frw 848,800 mu yandi Frw 981,100 bicyekwa ko bibye umucuruzi wo muri Bwishyura. Bafashwe ku wa Gatatu taliki 22, Gashyantare, 2023, bafatir...
Uwari Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa DIGP Felix Namuhoranye yagizwe umuyobozi mushya wayo. Yasimbuye IGP Dan Munyuza. Bikubiye mu itangazo ryasinyweho na Perezida Paul Kagame. Uwany...
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa umugore w’imyaka 22 ukurikiranyweho kwiba moto. Bivugwa ko yayibye arangije arayibaga kugira ngo agurishe ibyuma byayo. Ni uwo mu Karere ka Muhanga. Icyakora Moto...
Ku wa Gatanu taliki 17 Gashyantare, 2023, Polisi yafashe abantu batatu batetse anyanga. Yabafatiwe mu Mudugudu wa Jurwe, Akagari ka Mukuyu mu Murenge wa Ndera. K’ubufatanye n’izindi nzego, Polisi ya...
Kubera ko imwe mu nshingano zayo ari ugutsimbataza umudendezo rusange, Polisi irasaba abafana b’amakipe yo mu Rwanda kugarura umuco wo kwihanganirana, ntibarwane cyangwa ngo babwirane amagambo agize i...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza, yaraye yakiriye intumwa zaturutse muri Liberia. Ziri mu ruzinduko rugamije gusobanukirwa imikorer...
Ibaruragaciro ryakozwe nyuma y’inkongi iherutse kwibasira agakiriro ka Gisozi ryerekanye ko ibyahiye bifite agaciro kagera kuri Miliyari Frw 4. Mu ijoro ryo ku Cyumweru taliki 12, Gashyantare, 2023 ni...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wingirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yabwiye abapolisi n’abasirikare bamaze amezi ane bishirizwa i Gishari uburyo gucunga umutekano wo m...









