Ubufatanye bwa Polisi n’inzego z’ibanze i Musanze hafatiwe umusore wari ufite telefoni esheshatu bivugwa ko yari yibye mu Rwanda ngo ajye kuzigurisha muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni telefon...
Umukino w’iteramakofe wahuje Polisi ya Uganda n’iy’u Rwanda mu mikino za Polisi zo muri Afurika y’i Burasirazuba iri kubera mu Rwanda warangiye Uganda itsinze u Rwanda. Hari mukino hagati y’abafite i...
Mu Kiyaga cya Kivu habereye impanuka y’ubwato bwari butwaye abantu batandatu, umwana w’umwaka umwe n’igice ayigwamo, undi mugabo w’imyaka 36 aburirwa irengero. Ni amakuru yamenyekanye kuri uyu wa Kabi...
Mu Rwanda hatangirijwe imikino ihuza Polisi zo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba yitwa EAPCO. Ubwo hatangizwaga iyi mikino, hari abanyacyubahiro mu nzego zitandukanye zirimo iza Polisi, iza gisirik...
Guhera mu ntangiriro z’Icyumweru cyatangiye kuri uyu wa Mbere taliki 20 kuzageza taliki 27, Werurwe, 2023 mu Rwanda hazabera imikino izahuza Polisi zo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba zihurije mu ...
Hari amafoto agaragaza abasore bafite imifuka irimo amabuye. Biyemeje guhangana na Polisi ya ya Kenya nibabuza kwigaragambya nk’uko bamaze iminsi babisabwa n’umuyobozi wabo Raila Odina. Mu...
Mu muhanda Mukamira-Karago ku Mudugudu wa Mwiyanike, Akagari ka Kadahenda mu Murenge wa Karago haherutse gufatirwa abantu babiri bahetse kuri moto udupfunyika 10,000 tw’urumogi. Urwo rumogi rwari rur...
Polisi ya Uganda iri mu iperereza ku musirikare w’iki gihugu uvugwaho gukorana n’umucuruzi ukomeye bakihesha umutungo usanzwe wanditswe ku mugore wapfuye. Ubivugwaho ni Lieutenant witwa Bob Semakula. ...
Assistant Commissioner of Police( ACP) Yahaya Kamunuga avuga ko ikipe ya Polisi y’u Rwanda, Police FC, itanga umusaruro uruta ibyo bayishoramo kandi ngo birabashimisha. Yabibwiye abanyamakuru bari bi...
Mu rwego rwo koroshya akazi ko gushakisha no kubona vuba moto zibwe, Umuvuguzi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police( CIP) Sylvestre Twajamahoro asaba ba nyiri moto kuzish...









