Amakuru avuga ko guhera taliki 14 kugeza taliki 16, Mata, 2023 Perezida Paul Kagame azasura Benin ya Patrice Talon. Nta makuru arambuye aratangazwa ku bizaba bikubiye mu biganiro Abakuru b’ibihugu byo...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko igihe cyose abibwe cyangwa abafitanye isano n’abagiriwe nabi babiyimenyesheje ku gihe, nta mujura cyangwa umugizi wa nabi uzayicika. Umuvugizi wayo Commissioner of Police (C...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu ryafatiwe mu Karere ka Gasabo abant batatu bafite magendu y’inzoga zihenze zifite agaciro ka Miliyoni 5, 414, 000. Abo bagabo baguwe gitumo baf...
Umujura utamenyekanye yateye umukobwa icyuma mu nda no mu ijosi. Amakuru avuga ko uwo mujura yari yaje kare arihisha ashaka ko baza kumufungiranira mu nzu akabiba. Mu buryo butunguranye uwo mukobwa w’...
Mu Mudugudu wa Kamanga, Akagari ka Musongati mu Murenge wa Nyarusange mu Karere ka Muhanga ahagana saa sita n’igice z’amanywa (12h30) abantu bane barimo batatu bafitanye isano ya bugufi bapfiriye rimw...
Hagiye gushira igihe ‘kinini’ hirya no hino mu Rwanda humvikana abantu bishe abandi bakoresheje inyundo, imihini, umuhoro cyangwa izindi ntwaro gakondo. Polisi y’u Rwanda yongeye gushimangira ko abako...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye taliki 08, Mata, 2023 mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro hafatiwe umusore wari ufite amafaranga Frw 30,000 y’amiganano. Bikekwa ko ayakora cyangwa akaba akorana...
Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri taliki 11, Mata, 2023 inzego z’umutekano zarashe uwitwa Albert Dusabe wari ushatse kwambura umupolisi imbunda. Yari aherutse kwiyemerera ko ari we wishe Dr. Ma...
Mu Mudugudu wa Buhuru, Akagari ka Byahi mu Murenge wa Rubavu hari umumotari uherutse gufatwa ari guha umupolisi ruswa ya Frw 4000 ngo areke kumuhanira ikosa yari amusanzemo. Umupolisi yarayanze. Motar...
Amakuru Taarifa izindutse imenya avuga ko mu Mu Mudugudu wa Nyamise, Akagari ka Kabaliza mu Murenge wa Rutunga hari umugabo waciye mugenzi we umutwe bapfa agataro k’ibijumba byeze mu murima bafatanyij...









