Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko umuhanda wa Muhanga- Ngororero- Mukamira wari wafunzwe kubera amazi yari yawuzuye, wongeye kuba nyabagendwa. Kuri iki Cyumw...
Imvura nyinshi imaze iminsi igwa mu bice bituranye na Muhanga na Ngororero yatumye umuhanda uhuza ibi bice ufungwa. Polisi ivuga ko wafunzwe mu rwego rwo kurinda ko hari abantu bawugiriramo impanuka. ...
Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko yafatanywe ibilo 60 by’urumogi. Byafatiwe mu mifuka itatu n’igice, bifatirwa mu Murenge Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyob...
Mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye haramukiye inkuru y’abantu batandatu baguye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro. Batatu muri bo ni abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bari mu kigero cy’imyak...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano yaraye abwiye abapolisi bitegura kujya muri Centrafrique ko nibagera yo bagomba kuzirikana ko isuku, ikinyabupfura n...
Ihuriro ry’abanditsi bo muri Uganda ryitwa Uganda Editors Guild rirasaba Polisi korohera abanyamakuru mu kazi kabo birinda babangamira mu kazi. Bavuga ko bibabaje kuba imvugo y’ubuyobozi bwa Polisi ...
Ubufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego bwatumye umusore wari wibiye muri Nyarugenge ahitwa Quartier Commercial miliyoni Frw 2 afatirwa mu Murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza mu Ntara y...
Abasore babiri baherutse gutabwa muri yombi na Polisi ifatanyije n’urwego rw’ubugenzacyaha nyuma y’umunsi umwe bibye Frw 4,110,000 umugiraneza w’umunyamahanga yari yabikuje ngo yishyurire abana amafar...
Mu Mudugudu wa Butete, Akagari ka Kabyiniro mu Murenge wa Cyanika ku wa Kane taliki ya 13, Mata,2023 ahagana saa kumi n'ebyiri z'umugoroba hafatiwe abagore babiri bafite amashashi 20,000 ba...
Umuturage uturiye umupakawa Kagitumba azindutse abwira Taarifa ko ahagana saa yine z’ijoro bisi ya Trinity yahakoreye impanuka ihitana abantu bane barimo umugore utwite. Byabereye neza neza hafi ya ba...









