Toyota Minibus yavaga i Rubengera igana ahitwa Mubuga yakoze impanuka abantu batandatu barapfa, abandi bose basigaye barakomereka. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba Chief...
Ubwo bari barimo kujya mu biciro ngo bagurishe moto bivugwa ko bari bibye, abasore babiri baguwe gitumo na Polisi ihita ibambika amapingu. Bafatiwe mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Jamba mu murenge...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko abaturage bagomba kumva no kumvira inama bahabwa n’abayobozi babo kuko ari bo zigirira akamaro. Avuga ko kumvira h...
Abapolisi b’u Rwanda baba mu itsinda ryiswe RWAFPU1-7 batumwe kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo bahaye abana baba mu nkambi ibikoresho by’ishuri kugira ngo bige neza. Ibyo bikoresho bigenewe abana b...
Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda nakorera mu Ntara ya Sudani y’Epfo yitwa Malakal baherutse guhugura bagenzi babo bo miri kiriya gihugu. Ni amahugurwa abaha ubumenyi mu nzego zitandukanye zirebana n’ak...
Mu myaka mike ishize, Polisi y’u Rwanda yasinyanye n’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima amasezerano yo gutanga amaraso. Muri uyu mujyo, kuri uyu wa Gatandatu taliki 29, Mata, 2023 abapolisi 200 batanze amara...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye yabwiye abapolisi bo mu Ntara y’i Burasirazuba by’umwihariko n’abo mu gihugu muri rusange ko akazi gakozwe kinyamwuga kagomba guherekezwa no...
Umukecuru wo muri Kenya uri mu rubanza aho aregwa kugurisha umwuzukuru we Sh400,000, ni ukuvuga arenga gato Miliyoni Frw 3.2. Ishami rya Polisi ya Kenya rivuga ko uriya mukecuru( bahaye amazina ya C...
*Icyumweru kiruzuye abaguye mu mwobo wa metero 80 bataboneka… Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo CIP Emmanuel Habiyaremye avuga ko ku Cyumweru taliki 23, Mata, 2023 ubwo abari ...
Mu bihe bitandukanye, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abandi bafatanyabikowa bayo yataye muri yombi bamwe mu bantu bakoraga ubujura bumaze iminsi buvugwa mu Mujyi wa Kigali n’ahandi. Amakuru yavugaga ...









