Abaturage 170 bo mu Midugudu itanu igize Umujyi wa Bangassou bahawe imiti n’abapolisi b’u Rwanda basanzwe bakorera muri Centrafrique. Abapolisi b’u Rwanda bakoreye bariya baturage kiriya gikorwa mu r...
Mu Karere ka Musanze Mu Murenge wa Muko haravugwa urupfu rw’uwitwa Niyongabo w’imyaka 19 y’amavuko wakubiswe n’abantu bavuga ko bamusanze yiba intoryi bikamuviramo urupfu. Uyu mwana wari ukuba ingimbi...
Ubuyobozi bwa Teritwati ya Ango ahitwa Bas-Uela muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo buvuga ko hari impunzi nyinshi zaturutse muri Centrafrique zimaze kubahungiraho. Harabarurwa abagera ku bantu 200...
Mufti w’u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana yabwiriye abandi bamenyi mu idini rya Kisilamu ko gukurikiza gahunda ya Gerayo amahoro bifasha cyane mu kurinda ubuzima bw’abantu muri rusange n’ubw’abo ...
Akarere ka Burera kamaze kumenyekana kuri byinshi byiza. Ibibi bihavugwa nabyo birahari. Ibyo birimo n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge nka kanyanga n’urumogi. Nk’ubu, Polisi iherutse kuhafatita ibilo 16 b...
Abanyeshuri bo hirya no hino mu Rwanda babwiwe ko umuhanda ari umuyoboro ibavana aho biga, bajya aho bataha, ukabavana aho baba ubageza ku nshuti bityo ko atari umuharuro bakiniramo cyangwa uruganirir...
Polisi y’ahitwa Busia muri Uganda iri mu iperereza ryo kumenya abari inyuma yo gutwika umusore witwa Robert Wejuli agapfa. Ababibonye bavuga ko uriya musore yari yabanje kwica Nyina w’imyaka 39 y’amav...
Nyuma yo gukura mu nzira ivu n’ibindi byose byatewe n’inkongi ikomeye yibasiye agakiriro ka Gisozi, amakuru acvuga ko umuntu umwe ari we yahitanye. Umuriro mwinshi wakongoye agace kari gatuye kitaruye...
Umugabo w’imyaka 40 y’amavuko witwa Ninganza Dieudonné bivugwa ko yari impunzi y’Umurundi y’i Mahama, yapfiriye mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze. Bivugwa ko yari yasinze aza gushyamiran...
Nyuma y’inkongi yakongoye agace gato k’Akagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi muri Gasabo, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yongeye gusaba abantu kwibuka ko no gutunga kizimyamwoto bifasha iyo hari in...









