Ubukangurambaga bwa Polisi bwo kwigisha abantu uko birinda inkongi n’uko bayirwanya iramutse yadutse burakomeje. Buri gukorwa mu gihe inkongi zirimo n’izikomeye zimaze igihe gito zadutse mu Mujyi wa K...
Mu bubasha ahabwa n’amategeko, Perezida Paul Kagame yazamuye ipeti ry’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda riva kuri DCG ahabwa irya Commissioner General of Police( CGP). CG Felix Namuhoranye yabaye ...
Mu Karere ka Bugesera habereye inama yahuje abasirikare n’abapolisi ndetse n’abasivili bahagarariye abandi bigira hamwe uko imyitozo ikomatanyije yitwa Ushirikiano Imara 2024 izakorwa. Iyi myitozo ng...
Kuri uyu wa Mbere tariki 17, Nyakanga, 2023 nibwo Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore n’intumwa ayoboye batangiye uruzinduko rwabo mu Rwanda. Baganiriye n’abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda....
Minisitiri w’umutekano muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Peter Kazadi yamenyesheje Commissaire Blaise Kilimbalimba ko guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Nyakanga, 2023 ari muyobozi wa Pol...
Ku ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri i Gishari mu Karere ka Rwamagana habereye umuhango wo kwakira abapolisi b’abofisiye bato 501. Bagize icyiciro cya 12 cy’abapolisi bahawe ipeti rya Assistant Inspec...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Nyakanga, urubyiruko rw’Abanyarwanda 60 ruba mu itsinda‘Rwanda Youth Club of Belgium’ , basuye Polisi y’u Rwanda ku cyicaro cyayo gikuru kuri ku Kacyiru. Basobanuriwe...
Amakuru Taarifa igikusanya avuga ko ahagana saa munani z’ijoro ryakeye agakinjiro kari hirya gato yo kwa Mushimire mu Murenge wa Ndera aho ugabanira n’uwa Kimironko mu Karere ka Gasabo hahiye. U...
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Gahunga hafatiwe umugabo ukekwaho kwica umugore we. Ubwo bwicanyi bwabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ariko kumufata bibanza kugorana kubera ko yari yifungiranye...
Umuyobozi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ACP Gerald Mpayimana yaraye abwiye abatwara amakamyo ko nibatirwararika ngo bayatware neza kandi baruhuke bihagije, bizashyir...









